Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abaturage Ba Namibia
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abaturage Ba Namibia

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 05 February 2024 9:16 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kuri X Perezida Kagame yaraye ahanditse ubutumwa bwo gufata mu mugongo abaturage ba Namibia kuri iki Cyumweru taliki 04, Gashyantare, 2024 babuze Perezida wabo watabarutse azize cancer.

Perezida wa Namibia Hage Gottfried Geingob yatarutse afite imyaka 82 y’amavuko.

Kagame kuri X yanditse ko yihanganishije umufasha wa Perezida wa Namibia witwa Monica Geingob hamwe n’abanya Namibia bose kubera itabaruka ry’umuvandimwe n’inshuti ye Hage Geingob.

Umukuru w’u Rwanda avuga ko Geingob mu buzima bwe yaharaniye ko Namibia yigenga kandi igatera imbere ndetse aba mu bantu bahozaga imbere igitekerezo cy’ubumwe n’ubwigenge by’abanya Afurika.

Hage Gottfried Geingob ari mu barwanye urugamba rwo kubohora Namibia.

Perezida Kagame na Geingob

Kagame yavuze ko umuhati we uzahora wibuka iteka muri Afurika no muri Namibia by’umwihariko.

Geingob yavutse taliki 03, Kanama, 1941. Yari Perezida wa gatatu wa Namibia kuva yabona ubwigenge yigobotoye Abadage.

Taliki 21, Werurwe, 2015 nibwo yabaye Perezida wa Namibia none apfuye afite imyaka  82 y’amavuko.

Yagiye ku butegetsi asimbuye Hifikepunye Lucas Pohamba.

Yayoboraga ishyaka riri ku butegetsi ryitwa SWAPO.

TAGGED:CancerfeaturedGeingobKagameNamibiaUburwayi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Leta Yiyemeje Kugura Amata Yari Yarabuze Isoko Agahabwa Abanyeshuri
Next Article Perezida ‘W’Agateganyo’ Wa Namibia Yarahiye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Meteo Rwanda Irateguza Imvura Irimo Inkuba Mu Gihugu Hose

DRC:Abasirikare Basabiwe Gufungwa Imyaka 15 

Nyagatare: Hatangijwe Umushinga Mugari Wo Guhinga Ubutaka Bukomatanyije

Abanyamakuru Barekuwe N’Urukiko Rwa Gisirikare

RDB Yamaze Impungenge Abafite Hoteli Mu Birunga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Ingengabihe Y’Umwaka Utaha W’Amashuri Yatangajwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Uburundi Bwatsembye Ko Butazafungura Vuba Umupaka Wabwo N’u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Gaza: Ingabo Za Israel Zishe Abanyamakuru

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Bafatanywe lbilo 30 By’urumogi Babitwaye Kuri Moto

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?