Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Kagame Yakiriye Mugenzi We Wa Tchèque
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Perezida Kagame Yakiriye Mugenzi We Wa Tchèque

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 April 2024 1:31 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Petr Pavel uyobora Repubulika ya Tchèque yageze mu Rwanda yakirwa na mugenzi Paul Kagame uyobora u Rwanda. Uyu mugabo ufite ipeti rya Jenerali aje mu Rwanda kwifatanya n’abandi mu kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994.

Abandi bashyitsi bageze mu Rwanda kuri uyu wa Gatandatu ni Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia Dr. Ahmed ariko hari n’amakuru avuga ko na Perezida wa Israel azagera mu Rwanda kuri iki Cyumweru ku munsi nyirizina wo gutangiza Icyunamo ku nshuro ya 30.

Repubulika ya Tchèque ni igihugu kiri mu Burayi bwo Hagati.

Umurwa mukuru wacyo ni Prague kikaba kimwe mu bihugu by’Uburayi bidakora ku Nyanja iyo ari yo yose.

Gituranye na Autriche mu Majyepfo, Ubudage mu Burengerazuba, Pologne mu Majyaruguru ashyira Uburasirazuba na Slovakia mu Majyepfo ashyira Uburasirazuba.

Ubukungu bw’iki gihugu bishingiye ku bwokorezi bugezweho, inganda zikora ibintu byoherezwa hanze, ubukerarugendo n’ubushakashatsi.

TAGGED:KagameRwandaTcheque
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ubutasi Bwa DRC Bumaranye Amezi Atatu Umujyanama Wa Corneille Nangaa
Next Article Ingengabihe Y’Uko Abanyeshuri Bazasubira Ku Masomo Yatangajwe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?