Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Kagame Yakiriye Mugenzi We Wa Tchèque
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Perezida Kagame Yakiriye Mugenzi We Wa Tchèque

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 April 2024 1:31 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Petr Pavel uyobora Repubulika ya Tchèque yageze mu Rwanda yakirwa na mugenzi Paul Kagame uyobora u Rwanda. Uyu mugabo ufite ipeti rya Jenerali aje mu Rwanda kwifatanya n’abandi mu kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994.

Abandi bashyitsi bageze mu Rwanda kuri uyu wa Gatandatu ni Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia Dr. Ahmed ariko hari n’amakuru avuga ko na Perezida wa Israel azagera mu Rwanda kuri iki Cyumweru ku munsi nyirizina wo gutangiza Icyunamo ku nshuro ya 30.

Repubulika ya Tchèque ni igihugu kiri mu Burayi bwo Hagati.

Umurwa mukuru wacyo ni Prague kikaba kimwe mu bihugu by’Uburayi bidakora ku Nyanja iyo ari yo yose.

Gituranye na Autriche mu Majyepfo, Ubudage mu Burengerazuba, Pologne mu Majyaruguru ashyira Uburasirazuba na Slovakia mu Majyepfo ashyira Uburasirazuba.

Ubukungu bw’iki gihugu bishingiye ku bwokorezi bugezweho, inganda zikora ibintu byoherezwa hanze, ubukerarugendo n’ubushakashatsi.

TAGGED:KagameRwandaTcheque
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ubutasi Bwa DRC Bumaranye Amezi Atatu Umujyanama Wa Corneille Nangaa
Next Article Ingengabihe Y’Uko Abanyeshuri Bazasubira Ku Masomo Yatangajwe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Hari Kwigwa Uko Amakipe Yajya Akinira Mu Amahoro Stadium ‘Ku Giciro Kimwe’

Putin Yasabwe Kujya Mu Nama Y’Amahoro Yashyizweho Na Trump

FERWAFA Yamaganye Abafana Ba APR FC 

Abasenateri Barashaka Kumenya Uko Ubworozi Bw’u Rwanda Bubungabunzwe

Gari Ya Moshi Zagonganye Hapfa Abantu 21

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Niki Cyateye Igiciro Cy’Ikawa Y’u Rwanda Kuzamuka?

U Rwanda Rusanga Imvugo Za Ndayishimiye Zibangamira Umubano Warwo N’Uburundi

Rwanda: 80.7% By’Abana Bari Munsi Y’Imyaka Itandatu Bahabwa Serivise Mu Irerero

Kwamamaza Mushikiwabo, Uburundi, DRC… Uko Nduhungirehe Asobanura Ibyo Mu Karere

Kuki Hari Imyanzuro u Rwanda Rwemera K’Uburenganzira Bwa Muntu Ntishyirwe Mu Bikorwa Yose

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Yajyanywe Kuri RIB Nyuma Yo Gushaka Kwiyahura Bikanga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imikino

Shampiyona Y’Abagore Y’u Rwanda Izajya Ica Kuri Rubuga Rwa FIFA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Abana Bato Bafite Ba Nyina Bacukura Amabuye Y’Agaciro Babaho Bate?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

ICPAR Yishimira Aho Igeze Iteza Imbere Umwuga W’Ibaruramari

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?