Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: U Rwanda Rwagize Icyo Rutangaza Ku Cyemezo Gishya Cy’Ubwongereza Ku Bimukira
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagize Icyo Rutangaza Ku Cyemezo Gishya Cy’Ubwongereza Ku Bimukira

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 July 2024 9:13 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Itangazo ryashyizwe ahagaragara n’Ibiro by’Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda rivuga ko u Rwanda rwubahirije ibikubiye mu masezerano rwagiranye n’Ubwongereza ku kibazo cy’abimukira.

U Rwanda ruvuga ko icyemezo Ubwongereza bwafata ku bimukira ari ikibazo kibureba.

Rwemeza ko rwakijemo ngo rutange umusanzu waryo ariko ko iby’abimukira bitarureba.

Iryo tangazo ryizeza amahanga ko ruzakomeza gutanga umusanzu warwo mu gukemura ikibazo cy’abimukira aho kizagaragara hose ku isi.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

U Rwanda ruvuga ko ruzabikora binyuze mu kubaha aho gutura hatekanye kandi abifuza kuruzamo bagahabwa ayo mahirwe.

Itangazo rya Guverinoma y’u Rwanda

Minisitiri w’Intebe mushya w’u Bwongereza, Keir Starmer aherutse kwerura ko amasezerano hagati y’u Rwanda n’igihugu cye yari yarasinywe n’abamubanjirije yari yarapfuye kandi yarahambwe ndetse ngo ibyo byabaye mbere y’uko anatangira gushyirwa mu bikorwa.

Starmer yahise atangaza ko ahagaritse gahunda yo kohereza mu Rwanda abimukira binjira mu gihugu cyabo mu buryo bunyuranyije n’amategeko.

Ishyaka rye ry’Abakozi (Labour Party) riherutse kwegukana intsinzi ku bwiganze mu matora y’abagize Inteko Ishinga Amategeko y’u Bwongereza.

Iyi gahunda yo kubohereza mu Rwanda yatangijwe na ba Minisitiri b’Intebe batatu bayoboye u Bwongereza, ari bo Boris Johnson, Liz Truss na Rishi Sunak.

- Advertisement -

Icyakora yajemo kidobya nyinshi zitewe n’uko Sosiyete Sivile n’abanyamategeko bamwe bavugaga ko hari ibitanoze biyirimo.

U  Rwanda n’u Bwongereza bari basanganywe amasezerano ku byerekeye imibereho myiza y’abimukira

Byaje no kuba ngombwa ko hakorwa andi masezerano avuguruye.

Ibi byose ariko Starmer yabiteye utwatsi avuga ko ayo masezerano ntabl gaciro afite.

Ku wa 14 Mata 2022 nibwo u Rwanda n’u Bwongereza byasinyanye amasezerano y’ubufatanye mu bijyanye no kwakira abimukira hamwe n’ibijyanye n’iterambere ry’ubukungu.

TAGGED:BwongerezafeaturedGuverinomaRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gicumbi: Mu Mafu Menshi Bategereje Kagame
Next Article Kagame Yasuye Ku Mulindi W’Intwari 
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC Irataka Ko Impunzi Z’Abanya Centrafrique Zinjira Ku Bwinshi

RDF Iri Kubaka Igisirikare Cya Mozambique Kirwanira Ku Butaka

Dangote Akomeje Kuyobora Abaherwe Ba Afurika

Jeannette Kagame Arahemba Abakobwa Batsinze Neza Ibizamini Bya Leta

Abanyamahanga Biga Muri Harvard Bareze Leta Ya Trump

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nyarugenge: Imodoka Ya WASAC Yibwe

Nyagatare: Haravugwa Kotsa Burushete Z’Imbwa 

Uwahoze Muri RDF Akurikiranyweho Ibyaha Byo Mu Mabuye y’Agaciro

BNR Mu Ngamba Zo Kurushaho Guteza Imbere Ikoranabuhanga Mu Kwishyurana

Cardinal Kambanda Yatunguwe No Kumva Ko Kwa Yezu Nyirimpuhwe Hafunzwe

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Uko I&M Bank Rwanda Yungutse Mu Mezi Atatu Ashize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Martin Ngoga Yabaye Ambasaderi W’u Rwanda Muri UN

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzima

Abatuye Umujyi Wa Kigali Bari Mu Bibasiwe Na Malaria

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Intambara Y’Amagambo Hagati Ya Israel N’Ubwongereza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?