Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Kagame Yashimiye Abanyarwanda Bafannye Igare
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
ImikinoMu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yashimiye Abanyarwanda Bafannye Igare

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 29 September 2025 9:35 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umukuru w’Igihugu yaraye ashimiye Abanyarwanda umurava bashyize mu gufana shampiyona y’amagare yari imaze icyumweru ikinirwa mu Rwanda.

Kuri X/Twitter yanditse ati: “U Rwanda rutewe ishema no kuba rwakiriye iyi Shampiyona y’Isi y’Amagare ya UCI. Ndashimira abakinnyi bose bahatanye mu bice binyuranye by’Umurwa Mukuru wacu, ibyo bagezeho no kwihangana bagaragaje.”

Kagame yashimye inzego z’umutekano zose mu nshingano zazo zakoze uko zishoboye ibintu byose bigenda neza.

Umukuru w’Igihugu kandi yashimiye Perezida w’Impuzamashyirahamwe y’Umukino w’Amagare ku Isi (UCI), David Lappartient n’abagize uruhare ngo iri rushanwa ribe iry’amateka.

Kuri iki Cyumweru nibwo shampiyona y’amagare yaberaga mu Rwanda yarangiye itwarwa n’umunya Slovenia witwa Tadej Pogačar.

Yari amaze amasaha arenga atandatu yiruka intera ya Kilometero zirenga 260.

Uyu mugabo w’imyaka 27 niwe kandi watwaye iyo mu mwaka wa 2024 yabereye i Zurich mu Busuwisi.

Perezida Kagame niwe wamuhaye umudali wa zahabu.

Uwa kabiri yabaye Umubiligi atwara umudali w’ifeza n’aho uwa gatatu aba Umunya Ireland wahawe umudali w’umuringa.

TAGGED:AbanyarwandafeaturedGushimaIgareKagameUmukino
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Amerika: Abantu Biciwe Mu Rusengero
Next Article Pyramids FC Yazanye Abakinnyi Bakomeye Bo Gutsinda APR FC
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Guinea-Bissau: Perezida Umaro Sissoco Embaló Yahiritswe K’Ubutegetsi

Nduhungirehe Ashimangira Ko FDLR Ikiri Ikibazo K’u Rwanda

Ingabo Za Israel Zaje Mu Rwanda, Abaganga Bayo Bajya i Burundi

Kapiteni Wa Kiyovu Sports Yahaniwe Imyitwarire Mibi

Abana Bafite Ubumuga Barakimwa Amahirwe Yo Kwiga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

IVUGURUYE: Umuyobozi W’Ikirenga Wa Qatar Yageze i Kigali

Ibya Rayon Sports Leta Yongeye Ibyinjiramo

Nta Muntu Uri Hejuru Y’Amategeko- Rutikanga Avuga Ku Ifungwa Ry’Abanya Sudani

Igitutu Cya Trump Kuri Ukraine Ngo Ikunde Ibone Amahoro

Abajenerali 21 Ba DRC Baravugwaho Kuyigambanira

You Might Also Like

Ubukungu

Mu Mezi Icyenda BK Yungutse Miliyari Frw 83.5

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imikino

Abanya Eritrea Baba Muri Amerika Baje Gushora Mu Mikino Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Zelenskyy Aribaza Ukuntu Azemera Guha Uburusiya Ubutaka Bikamushobera

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Israel Yishe Umuyobozi Ukomeye Wa Hezbollah Imusanze Muri Lebanon

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?