Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Kagame Yateye Igiti Muri Zambia
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Perezida Kagame Yateye Igiti Muri Zambia

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 05 April 2022 2:58 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ari kumwe na mugenzi we uyobora Zambia, Perezida Kagame yateye ibiti ku mupaka witwa Kazungula ugabanya Zambia  na Botswana.

Perezida Hichilema yari ari kumwe na Madamu we Mutinta Hichilema.

Basuye kandi ikiraro gihuza ibi bihugu cyambutse uruzi rwa Zambezi.

Muri byinshi Perezida Kagame yasuye uyu munsi yagaragaye  akora ku gikoko bamwe bavuga ko ari igisamagwe.

Ni ifoto yatangajwe  n’Umuvugizi w’Ibiro bye witwa Stephanie Nyombayire.

Kuri uyu wa Mbere kandi Perezida Kagame yasuye isumo rya Victoria riri ku ruzi rwa Zambezi.

Ikindi kandi ni uko kuri uyu wa Mbere Perezida Kagame na mugenzi we uyobora Zambia Hakainde Hickilema bayoboye umuhango wo gusinya amasezerano y’ubufatanye hagati ya Kigali na Lusaka ari mu ngeri zitandukanye.

📸AMAFOTO📸

Perezida Kagame na mugenzi we wa Zambia, @HHichilema na madamu Mutinta Hichilema bateye ibiti ku mupaka wa Kazungula, banakorera urugendo ku kiraro cya Kazungula gifasha mu bucuruzi hagati ya Zambia na Botswana, biciye ku mugenzi wa Zambezi. #RBAAmakuru pic.twitter.com/NFmxZk6tm1

— RADIO RWANDA (@Radiorwanda_RBA) April 5, 2022

Ni amasezerano y’ubufatanye mu nzego zirimo n’uburobyi.

Izindi nzego ibihugu byombi byiyemeje gufatanyamo ni uburezi, gufasha mu gucyemura ikibazo cy’abimukira, ubworozi, guteza imbere ishoramari n’ubuhinzi.

Kagame ari muri Zambia mu ruzinduko rw’iminsi ibiri.

TAGGED:featuredIgitiKagameZambia
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Amb Busingye Yatangiye Kwagurira Umubano W’u Rwanda Mu Kirwa Cya Cyprus
Next Article Rwanda: Abacuruzi Batwara Amatungo Mu Buryo Buyabangamira Bagiye Kubihanirwa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Tekeniki Zifasha Inyoni Kuguruka Zigishije Abantu Gukora Indege

Intambara Ya Dipolomasi Hagati Ya Israel Na Afurika Y’Epfo Irafata Indi Ntera

DRC: Abantu 200 Bishwe N’Ikirombe

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

Umukinnyi Ukomeye Wa Kepler WBBC Yaguzwe Na REG WBBC

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Burundi: Haravugwa Guhangana Hagati Ya Ndayishimiye N’Umunyamabanga  Wa CNDD-FDD

U Rwanda Rurashaka Ko Ubwongereza Buruha Amafaranga Yarwo Yose

Kigali: Umusore Yishe Mugenzi We Amuziza Umukobwa

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Umuhuza Wa Afurika Yunze Ubumwe Mu Kibazo Cy’u Rwanda Na DRC Ari i Kigali

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Mobicash Yabaye Ihagaritswe 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

DRC: Guverinoma Irashaka Kwisubiza Bunagana Kugeza Uvira

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?