Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Kagame Yongeye Gusura Abaturage
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Perezida Kagame Yongeye Gusura Abaturage

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 25 August 2022 11:41 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kuri uyu wa Kane Taliki 25, Kanama, 2022 Perezida Kagame arasura kandi aganire n’abatuye Akarere ka Ruhango. Ni urugendo akoze nyuma y’igihe kirekire adasura abaturage kubera COVID-19.

Abaturage bo muri Ruhango bazindukiye kumwakira bafite ibyapa bimuha ikaze kandi biteguye kumugezaho ibibazo babyo ngo abafashe kubikemura.

Abo mu Karere ka Ruhango kandi barishimira ko Leta y’u Rwanda yabafashije kubona no gukoresha ibikorwa remezo birimo imihanda, amavuriro, amashuri n’ibindi.

Bateraniye i Kibingo aho bategereje Perezida wa Repubulika Paul Kagame ubasura kuri uyu wa  Kane.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Mu ngendo zitandukanye Perezida Kagame yagiriye mu Turere agasura abaturage mu bihe byabanjirije COVID-19, yaganiriye nabo, bamubwira ibibazo bafite bimwe birebana n’abayobozi babo babahemukira cyangwa bakabadindiza mu iterambere.

Hari n’amakuru Taarifa ifite avuga ko Perezida Kagame azasura Uturere two mu Ntara y’i Burengerazuba turimo Nyamasheke, Rusizi na Rutsiro.

TAGGED:AbaturageKagameRuhango
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Polisi Na RIB Bakomeje Uruzinduko Muri Singapore, Hari Amasezerano Basinye
Next Article Umuyobozi Wa Polisi Y’u Buyapani Agiye Kwegura Kubera Urupfu Rwa Shinzo Abe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?