Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Kagame Yongeye Gusura Abaturage
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Perezida Kagame Yongeye Gusura Abaturage

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 25 August 2022 11:41 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kuri uyu wa Kane Taliki 25, Kanama, 2022 Perezida Kagame arasura kandi aganire n’abatuye Akarere ka Ruhango. Ni urugendo akoze nyuma y’igihe kirekire adasura abaturage kubera COVID-19.

Abaturage bo muri Ruhango bazindukiye kumwakira bafite ibyapa bimuha ikaze kandi biteguye kumugezaho ibibazo babyo ngo abafashe kubikemura.

Abo mu Karere ka Ruhango kandi barishimira ko Leta y’u Rwanda yabafashije kubona no gukoresha ibikorwa remezo birimo imihanda, amavuriro, amashuri n’ibindi.

Bateraniye i Kibingo aho bategereje Perezida wa Repubulika Paul Kagame ubasura kuri uyu wa  Kane.

Mu ngendo zitandukanye Perezida Kagame yagiriye mu Turere agasura abaturage mu bihe byabanjirije COVID-19, yaganiriye nabo, bamubwira ibibazo bafite bimwe birebana n’abayobozi babo babahemukira cyangwa bakabadindiza mu iterambere.

Hari n’amakuru Taarifa ifite avuga ko Perezida Kagame azasura Uturere two mu Ntara y’i Burengerazuba turimo Nyamasheke, Rusizi na Rutsiro.

TAGGED:AbaturageKagameRuhango
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Polisi Na RIB Bakomeje Uruzinduko Muri Singapore, Hari Amasezerano Basinye
Next Article Umuyobozi Wa Polisi Y’u Buyapani Agiye Kwegura Kubera Urupfu Rwa Shinzo Abe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Polisi Irashakisha Abantu Bahohoteye Umugore Bikomeye

Kabila Arasomerwa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Ebola Yagarutse Muri DRC

Ab’i Musanze Bibukijwe Akamaro Ingagi Zibafitiye

Rwanda: Ibiciro By’Ibikomoka Kuri Petelori Byazamutse

You Might Also Like

IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Nyamasheke: Abageni Bwari Bucye Basezerana Bakubiswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Rulindo: Yafatanywe Ayo Kwishyura Abacukura Amabuye Mu Buryo Butemewe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?