Perezida Salva Kirr Ari Mu Rwanda

Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga Dr. Vincent Biruta yakiriye Perezida wa Sudani y’Epfo Salva Kirr waje mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi.

Perezida Kirr kandi asanzwe ari n’Umuyobozi w’Umuryango wa Afurika y’Uburasirazuba (EAC).

Uyu mwanya aherutse kuwuhererekanya na Perezida w’Uburundi Evariste Ndayishimiye warangije manda ye.

Kirr yazanye n’umunyamabanga mukuru w’Umuryango wa Afurika y’Uburasirazuba, Dr. Peter Mathuki.

- Advertisement -
Share This Article
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Exit mobile version