Perezida Wa Guinea Arasura u Rwanda

Colomel Mamadi Doumbouya uyobora Guinea atagerejwe i Kigali kuri uyu wa Kane taliki 25, Mutarama, 2024.

Uyu musirikare ayobora igihugu giherereye mu Burengerazuba bushyira Amajyepfo y’Afurika nawe yari aherutse gusurwa na Perezida Kagame.

Ibihugu cye kandi giherutse gufungura Ambasade yacyo mu Rwanda.

Share This Article
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Exit mobile version