Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Wa Guinea Conakry Yaraye Yakiriwe N’Abaturage Be Baba Mu Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Perezida Wa Guinea Conakry Yaraye Yakiriwe N’Abaturage Be Baba Mu Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 May 2025 11:08 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Ubwo yari ageze i Kigali yabanje kuganira n'abaturage b'igihugu cye bahaba.
SHARE

Mamadi Doumbouya uyobora Guinea Conakry yaraye ageze mu Rwanda bwije, ahitira muri Hotel Kigali Marriot aho yari atererejwe n’abaturage be baba muy Rwanda bamwakirana ubwuzu.

Amashusho ye ubwo yahageraga aramwerekana asuhuza abo baturage barimo abana n’abakuru biganjemo abacururiza n’abiga mu mashuri makuru na za Kaminuza zo mu Rwanda.

Guhera ku wa Gatatu Tariki 30, Mata, 2025 amakuru y’uruzinduko mu Rwanda rw’uyu mu muyobozi yari yatangiye kuvugwa.

Aho bwiriye kuri uyu wa Kane nibwo byatangajwe n’Ibiro bye ko yamaze kurira indege aje i Kigali guhura na mugenzi we Paul Kagame.

Kubera ko itangazamakuru ritari ryabwiwe uko gahunda y’urugendo rwe iteye, amakuru y’uko yabanje kwakirwa n’abaturage b’igihugu cye baba mu Rwanda yabaye nkatinda kugera mu mapaji y’ibitangazamakuru.

Akigera muri Marriot abana bari bazanye n’ababyeyi babo kumwakira baje bihuta, baca mu rihumye abamurinda bahita bamugwamo.

Ugereranyije hari abaturage nka 200 baje kumusuhuza bambaye imyenda imuha ikazi bafite n’amabendera y’igihugu cyabo.

Abasomyi bibuke ko Guinea Conakry ifite Ambasade mu Rwanda.

TAGGED:AbaturageGuineaPerezidaRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda Ruzasinyana Na DRC Amasezerano Imbere Ya Trump
Next Article Umunyarwanda Yongeye Guhemberwa Kwita Ku Misambi Ngo Idacika Burundu
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

Burera Ikomeje Kuba Icyambu Kinini Cy’ Ibiyobyabwenge

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzimaUmutekano

Musanze: Abanyonzi Bibukijwe Akamaro Ka Gerayo Amahoro

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbuzima

Rulindo: Abaturage Biyemeje Kurinda Ibidukikije

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?