Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Wa Iran Yagiye Kuganira Na Putin Ku Kibazo Cya Gaza
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Perezida Wa Iran Yagiye Kuganira Na Putin Ku Kibazo Cya Gaza

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 December 2023 3:28 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ebrahim Raisi yageze i Moscow mu Murwa mukuru w’Uburusiya agiye kuganira na Vladmir Putin ku ngingo zirimo n’iby;intambara imaze iminsi hagati ya Israel na Hamas muri Gaza.

Ku byo baganira harimo n’ingingo zirebana n’ubuhahirane hagati ya Moscow na Tehran, ibi bihugu byombi bikaba bimaze igihe ‘runaka’ byarashyizwe mu muhezo n’ibihugu byinshi by’Uburayi na Leta zunze ubumwe z’Amerika.

Ibrahim Raissi asuye Uburusiya hashize igihe gito Putin nawe asuye Leta zunze ubumwe z’Abarabu, ntiyahatinda ahita akoremereza muri Arabie Saoudite.

Al Jazeera yanditse ko Putin yari yajyanywe no kureba uko yakongera imbaraga mu mubano uhuza igihugu cye n’ibi bihugu by’Abarabu bikize kuri petelori na gazi.

TAGGED:BurusiyaHamasIntambaraIranPeteloriUmubano
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ba Meya B’Uturere Tutagiraga Umuyobozi Bamenyekanye
Next Article ‘Umujenosideri’ Laurent Bucyibaruta Yapfuye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Polisi Irashakisha Abantu Bahohoteye Umugore Bikomeye

Kabila Arasomerwa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Ebola Yagarutse Muri DRC

Ab’i Musanze Bibukijwe Akamaro Ingagi Zibafitiye

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Inshuti Ya Trump Yishwe 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Israel Yoherereje Abatuye Gaza Inyandiko Zibasaba Guhunga Inzira Zikigendwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

I Yeruzalemu Hagabwe Igitero Kica Batandatu Barimo Umugore Utwite

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?