Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Wa Madagascar Yuhunze Igihugu 
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitiki

Perezida Wa Madagascar Yuhunze Igihugu 

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 October 2025 2:55 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyuma yo kubyemeranya na Perezida Emmanuel Macron, ubu mugenzi we wa Madagascar yamaze guhungira mu Bufaransa hakoreshejwe kajugujugu.

Andri Rajoelina ahunze igihugu nyuma y’uko urubyiruko rumushyizeho igitutu ngo agire ibyo ahindura byatuma rubaho neza.

Imyigaragambyo yarwo yatangiye Tariki 25, Nzeri, 2025 rumusaba kwegura aho kubikora ahitamo gushyiraho Minisitiri w’Intebe w’umusirikare, ikintu cyatumye ibintu birushaho kuzamba.

Mu ntangiriro, abasirikare na Polisi batangiye gukoresha ibyuka biryana mu maso ngo batatanye abaturage ariko baranga baranangira.

Kuri uyu wa Mbere byari biteganyijwe ko ari bugeze ijambo ku baturage ariko Radio France Internationale yaje gutangaza ko Rajoelina yamaze guhungira mu Bufaransa.

Ahunze nyuma y’uko hageragejwe coup d’etat igapfuba.

Yahise abona ko ibintu byafashe indi ntera nibwo yateguraga uko yahungira mu gihugu cyakolonije Ubufaransa.

Andi makuru aravuga ko na Minisitiri w’Intebe Christian Ntsay n’umunyemari ukomeye witwa Mamy Ravatomanga bahungiye mu birwa bya Mauritius.

TAGGED:featuredGuhungaIgihuguMadagascarUbufaransa
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Netanyahu Ati: ‘Abanzi Bacu Bamenye Ko Tutujya Twibagirwa’
Next Article Nick Ngendahayo Ari Gutegura Igitaramo Kirangiza Umwaka Kizabera I Kigali 
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Nick Ngendahayo Ari Gutegura Igitaramo Kirangiza Umwaka Kizabera I Kigali 

Perezida Wa Madagascar Yuhunze Igihugu 

Netanyahu Ati: ‘Abanzi Bacu Bamenye Ko Tutujya Twibagirwa’

U Rwanda Rugiye Kubaka Icyanya Cy’Inganda Kizatunganya Impu

Inzitizi Abo Muri DRC Babona Mu Kwambura FDLR Intwaro

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Ingingo Z’Ingutu Zitegereje Trump Mu Kumvikanisha Hamas Na Israel 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Abakozi Ba RBC Bafunzwe Bazira Ruswa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Abanya Israel Ba Mbere Batwawe Na Hamas Barekuwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Israel: Baritegura Kwakira Trump Nk’Umwami

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?