Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Wa Mali Na Minisitiri W’Intebe Beguye, Bararekurwa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Perezida Wa Mali Na Minisitiri W’Intebe Beguye, Bararekurwa

admin
Last updated: 27 May 2021 11:02 am
admin
Share
SHARE

Perezida Bah N’Daw na Minisitiri w’Intebe Moctar Ouane bayoboraga Mali mu nzibacyuho beguriye muri gereza, nyuma yo gutabwa muri yombi ku wa Mbere, ku itegeko rya Visi Perezida Colonel Assimi Goïta.

Igisirikare kuri uyu wa Kane cyatangaje ko barekuwe mu ijoro ryakeye.

Goïta aheruka kuvuga ko yabajijije gukora impinduka muri guverinoma batamugishije inama, ibintu yafashe nk’ikimenyetso cyo gushaka guhungabanya inzibacyuho.

Mali iyoborwa mu nzibacyuho guhera mu mezi icyenda ashize, ubwo abasirikare bahirikaga ubutegetsi bwa Perezida Ibrahim Boubacar Keita. Bari bayobowe na Goïta, ubu wafashe ubutegetsi.

Umujyanama wihariye wa Goïta, Baba Cissé, kuri uyu wa Gatatu yabwiye abanyamakuru ko bariya bayobozi beguye ku myanya yabo, ndetse ko ibiganiro biganisha ku irekurwa bikomeje kimwe n’ibigamije ishyirwaho rya guverinoma nshya.

Itsinda ry’Umuryango w’Ubukungu bw’Ibihugu bya Afurika y’Iburengerazuba, ECOWAS, ryoherejwe mu buhuza muri Mali guhera kuri uyu wa Gatatu.

Bah N’Daw na Moctar Ouane bari bafungiwe mu kigo cya gisirikare cya Kati, muri kilometero 15 uvuye mu murwa mukuru Bamako. Bari bararahiriye kuyobora inzibacyuho y’amezi 18, ubundi ubutegetsi bugashyikirizwa abaturage binyuze mu itora.

 

TAGGED:Assimi GoïtaBah N'DawfeaturedIbrahim Boubacar KeitaMaliMoctar Ouane
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ibintu Byahinduye Isura, Igice Cy’Umujyi Wa Goma Cyahungishijwe
Next Article Perezida Macron Yasuye Urwibutso Rwa Jenoside Rwa Kigali
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

DRC: Batangiye Gukingira Ebola

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Ikipe y’u Rwanda Ya Volley Yatangiye Igikombe Cya Afurika Itsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?