Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Wa Mozambique Yasuye Uruganda Rw’u Rwanda Rutunganya Zahabu
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUbukungu

Perezida Wa Mozambique Yasuye Uruganda Rw’u Rwanda Rutunganya Zahabu

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 28 August 2025 12:36 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Daniel Chapo uyobora Mozambique ku munsi we wa kabiri, ari nawo wa nyuma y’uruzinduko rwe mu Rwanda, yasuye uruganda ruri i Masoro rutunganya zahabu.

Ni uruganda rwitwa Gasabo Gold Refinery rutunganya zahabu n’ubutare mbere y’uko ayo mabuye yoherezwa hanze.

Yasuye n’urundi rutunganya imyenda narwo ruri muri iki cyanya.

Mbere kandi yari yabanje mu nama yamuhuje n’abakorera bo mu Rwanda, baganira uko iyo mikoranire yabyara amafaranga kuri buri gihugu.

Perezida Chapo yasabye ba rwiyemezamirimo bo mu Rwanda n’abo mu gihugu cye baje bamuherekeje kurushaho gukorana mu nzego z’ubukungu zirimo ubuhinzi, ubwikorezi, ubuzima, ikoranabuhanga n’izindi.

Umuyobozi w’Ikigo cy’igihugu cy’iterambere Jean Guy Afrika yabwiye abo muri Mozambique ko u Rwanda rufite ahantu henshi bashora bakunguka.

Ati: “Amasezerano yasinywe kuri uyu wa Gatatu agaragaza inzego z’ingenzi zirimo gutunganya ibikomoka k’ubuhinzi, ubuzima n’ikoranabuhanga n’ahandi”.

Abihuriyeho na Jeanne Mubiligi uyobora Urugaga nyarwanda rw’abikorera ku giti cyabo nawe wemeza ko bagenzi be bazakorana n’ab’i Maputo ngo harebwe aho bashora.

Daniel Chapo yageze mu Rwanda kuri uyu wa Gatatu mu ruzinduko rw’iminsi ibiri.

Yakiriwe na mugenzi we Paul Kagame baganira uko Kigali yakomeza imikoranire na Maputo mu nzego zisanzwe z’umutekano, ubukungu n’ahandi.

Chapo yageze ku butegetsi mu mwaka wa 2024 asimbuye Filip Nyusi.

TAGGED:ChapofeaturedKagameUbukunguUrugandaZahabu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Musanze: Babwiye Polisi Ikibatera Kwiba
Next Article Abimukira Ba Mbere Boherejwe Na Amerika Bageze Mu Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Angola Igiye Kujya Itunganya Diyama Yose Icukura

Abimukira Ba Mbere Boherejwe Na Amerika Bageze Mu Rwanda

Perezida Wa Mozambique Yasuye Uruganda Rw’u Rwanda Rutunganya Zahabu

Musanze: Babwiye Polisi Ikibatera Kwiba

Bukavu: Abantu Bahiriye Mu Nzu

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

RDB Yamaze Impungenge Abafite Hoteli Mu Birunga

Uburundi Bwatsembye Ko Butazafungura Vuba Umupaka Wabwo N’u Rwanda

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwandair Yaguze Izindi Ndege Ngari 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImyidagaduroMu Rwanda

Muzaze Dushimire Imana Ibyiza Yagejeje Ku Gihugu-Amb Murigande

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yaganiriye Na Mugenzi We Wa Mozambique

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Perezida Wa Mozambique Yatangiye Uruzinduko Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?