Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Wa Tunisia Yongeye Kwanga Ko Abirabura Binjira Mu Gihugu Cye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Perezida Wa Tunisia Yongeye Kwanga Ko Abirabura Binjira Mu Gihugu Cye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 27 June 2023 1:59 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida wa Tunisia Kaïs Saïed yavuze ko atazemerera Abirabura bo munsi y’Ubutayu bwa Sahara kwinjira mu gihugu cye kuko ngo bateza intungunda n’ubukene mu baturage be.

Yigeze kubivuga mu gihe cyahise, abantu baramwamagana ariko yongeye ategeka Minisitiri w’umutekano mu gihugu ko atagomba kwemera ko abaturuka muri Afurika yo munsi y’Ubutayu bwa Sahara binjira muri Tunisia.

RFI ivuga ko Perezida Kaïs Saïed  yageze n’aho avuga ko Abirabura bateza abaturage impagarara, bakababuza amahwemo.

Kuva yatangaza ibi. Hari bamwe mu bayobozi basabye abaturage babo baba muri Tunisia guhambira bagataha  inziri zikigendwa.

Amakuru kandi avuga ko hari bamwe mu baturage ba Tunisia batangiye guhohotera abanyamahanga baba muri kiriya gihugu.

Hari Abanyaburayi baherutse gusaba ubuyobozi bwa Tunisia kuba maso bagakumira ko abantu bava muri Afurika yo munsi y’Ubutayu bwa Sahara bambuka bakajya mu Burayi baciye yo.

Hagati aho mu mijyi imwe n’imwe yo muri Tunisia abantu bafite ubwoba ko imvugo ya Perezida Kaïs Saïed ishobora kwatsa umuriro mu gihugu.

TAGGED:AfurikafeaturedIgihuguTunisia
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Indege Ya Rwandair Yakiranywe Yombi Igeze i Paris
Next Article Umutekano W’u Rwanda Ntureba Abawushinzwe Gusa-IGP Namuhoranye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Nick Ngendahayo Ari Gutegura Igitaramo Kirangiza Umwaka Kizabera I Kigali 

Perezida Wa Madagascar Yuhunze Igihugu 

Netanyahu Ati: ‘Abanzi Bacu Bamenye Ko Tutujya Twibagirwa’

U Rwanda Rugiye Kubaka Icyanya Cy’Inganda Kizatunganya Impu

Inzitizi Abo Muri DRC Babona Mu Kwambura FDLR Intwaro

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Ingingo Z’Ingutu Zitegereje Trump Mu Kumvikanisha Hamas Na Israel 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Abakozi Ba RBC Bafunzwe Bazira Ruswa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Abanya Israel Ba Mbere Batwawe Na Hamas Barekuwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Israel: Baritegura Kwakira Trump Nk’Umwami

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?