Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Wa Zambia Yoherereje Uw’u Rwanda Ubutumwa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Perezida Wa Zambia Yoherereje Uw’u Rwanda Ubutumwa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 11 January 2025 6:36 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ambasaderi Lazarous Kapambwe akaba intumwa yihariye ya Perezida wa Zambia Hakainde Hichilema yaraye agejeje kuri Kagame ubutumwa bwa mugenzi we.

Ni mu gikorwa cyaraye kibereye muri Village Urugwiro.

U Rwanda rufitanye umubano ukomeye na Zambia kandi, mu bihe bitandukanye wongeweno imbagara binyuze mu gusinya amasezerano y’imikoranire.

Mu mwaka wa 2022, Kagame yasuye Zambia abo bari bari kumwe basinyana amasezerano na bagenzi babo, akaba yari arindwi ari mu ngeri nyinshi.

Ni ay’ubucuruzi n’ishoramari, ubuhinzi, uburobyi n’iterambere ryabwo, ndetse n’ubufatanye hagati y’Ikigo cy’Igihugu cy’Iterambere cy’u Rwanda (RDB) n’Ikigo cy’Iterambere cya Zambia (ZDA).

Banasinye amasezerano y’ubufatanye mu bijyanye n’imisoro.

Nyuma y’aho Perezida Hichilema yasuye u Rwanda ku butumire bwa Perezida Kagame.

Rwari uruzinduko rw’iminsi ibiri, rwaganiriwemo uko Kigali na Lusaka bateza imbere ibikubiye mu masezerano yasinywe, hagamijwe inyungu z’abaturage.

Itsinda ry’u Rwanda n’irya Zambia baganiriye ku nzego z’ubufatanye zirimo ubucuruzi, ubuhinzi ndetse n’amahirwe yo gusangira ubumenyi hagati y’ibihugu byombi.

Icyo gihe hanashyizeho Komisiyo ihuriweho ishinzwe ubufatanye bw’ibi bihugu.

TAGGED:AmbasaderifeaturedKagameUmubanoZambia
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kagame Aracyasaba Ko Akajagari Gacika Mu Nsengero
Next Article DRC Ivuga Ko Yiyemeje Gukurikiza Ibyo Umuhuza Asaba
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Abasora Ipatanti N’Umusoro Ku Nyungu Z’Ubukode Babyihutishe- Komiseri Muri Revenue 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

You Might Also Like

Mu mahanga

DRC: Ikigega Cya Lisansi Cyakongotse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Ambasaderi Busabizwa Asanga Ubutwari Atari Amagambo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Tshisekedi Yagiye Muri Leta Ziyunze Z’Abarabu Gusinya Amasezerano Mu Bucukuzi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Grammy Awards: Kendrik Lamar Yahize Abandi Baraperi Mu Bihembo Byinshi Abitse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?