Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Philippines: Abantu Barenga 50 Bishwe N’Umwuzure
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Philippines: Abantu Barenga 50 Bishwe N’Umwuzure

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 29 October 2022 2:22 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abayobozi bo mu gihugu cya Philippines bavuga ko igihugu cyabo cyahuye n’akaga katewe n’imvura yakuruye umwuzure umaze guhitana abantu 50 kugeza ubu.

Hari abandi bantu 60 bivugwa ko baburiwe irengero, bikaba bikekwa ko baba batwawe n’amazi y’uyu mwuzure.

Umuyaga mwinshi wahanuye ibiti, ugusha inzu ndetse ndetse n’imodoka zitaremereye cyane zitwarwa nawo.

Bivugwa ko imivu iremereye yatwaye abantu 42, bakahasiga ubuzima.

Ibice byibasiwe ni iby’ahitwa Maguindanao.

Hari n’amakuru avuga ko hari abandi bantu baguye mu bindi bice bya Philippines.

Umuyaga wibasiye Philippines bawise  Nalgae.

Ikindi cyahitanye abantu benshi ni inkangu yahitanye inzu nyinshi zari zirimo abantu 60.

Byabereye mu bice bya Kusiong ahitwa  Maguindanao.

Kuri uyu wa Gatanu hari abantu 13 bashyinguwe biganjemo abana kandi ngo ni kuri uyu wa  Gatandatu imirimo yo gushyingura irakomeje.

Iki gihugu kigizwe n’ibirwa byinshi.

Muri iki gihugu ubu agahinda ni kose kubera ko iki kiza cyahitanye abantu benshi gisiga abandi badafite aho bakika umusaya.

Ubu kandi hari ingendo z’indege zihagaritswe kubera ko ku bibuga by’indege badatunganyije neza.

Associated Press ivuga ko abantu 158,000 bimuwe bava mu byabo mu rwego rwo kwanga ko baza guhura n’akaga katerwa n’ayo mazi.

TAGGED:featuredImvuraInkubiPhilippines
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kagame Muri Mozambique Yabwiye Abacuruzi Iby’Umubano W’u Rwanda N’igihugu Cyabo
Next Article M23 Yashyizeho Umuyobozi Wa Rutchuru
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Mu Mboni Z’Umwanditsi Muri National Geographic

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?