Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Polisi Irasaba Abaturage Kumvira Abayobozi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Polisi Irasaba Abaturage Kumvira Abayobozi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 May 2023 11:12 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Umuvugizi wa Polisi y'u Rwanda CP John Bosco Kabera
SHARE

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Commissioner of Police( CP) John Bosco Kabera avuga ko abaturage bagomba kumva no kumvira inama bahabwa n’abayobozi babo kuko ari bo zigirira akamaro.

Avuga ko kumvira hari abo byarinze ingaruka zirimo no guhitanwa n’ibiza.

CP Kabera avuga ko Polisi izagenzura ikareba niba amabwiriza abaturage bahabwa ngo ubuzima bwabo burindwe bayakurikiza uko yakabaye.

Umuvugizi wa Polisi y’igihugu CP John Bosco Kabera ati: “Urasabwa kuba uretse gusubira aho wari utuye kuko iteganya gihe rigaragaza ko hakiri imvura. Usubiyeyo ushobora  kuhagirira ibyago”.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Umuburo Polisi itanga ushingiye ku biherutse gutangazwa n’’ikigo cy’igihugu cy’ubumenyi bw’ikirere, Meteo Rwanda, by’uko muri Gicurasi, 2023 hazagwa imvura iruta iyaguye mu gihe nk’iki mu mwaka wa 2022.

Ni imvura ishobora kugeza kuri milimetero ziri hagati ya 50 na 200.

Iyi mibare isobanurwa ko ari litiro z’amazi ziri hagati ya 50 na 200 zisutswe kuri metero kare imwe.

Ni amazi menshi aba asutswe ku buso buto bityo akaba yakwangiza byinshi mu gihe iyo mvura yaba imaze igihe kirekire igwa.

TAGGED:AbaturageAbayoboziAmazifeaturedKaberaPolisi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rwanda: Hegitari 2000 Z’Imyaka ‘Iri Hafi Kwera’ Zangijwe N’Ibiza
Next Article Huye: Gushakisha Batandatu Baguye Mu Kirombe BYAHAGARITSWE
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?