Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Polisi Irasaba Abaturage Kumvira Abayobozi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Polisi Irasaba Abaturage Kumvira Abayobozi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 May 2023 11:12 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Umuvugizi wa Polisi y'u Rwanda CP John Bosco Kabera
SHARE

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Commissioner of Police( CP) John Bosco Kabera avuga ko abaturage bagomba kumva no kumvira inama bahabwa n’abayobozi babo kuko ari bo zigirira akamaro.

Avuga ko kumvira hari abo byarinze ingaruka zirimo no guhitanwa n’ibiza.

CP Kabera avuga ko Polisi izagenzura ikareba niba amabwiriza abaturage bahabwa ngo ubuzima bwabo burindwe bayakurikiza uko yakabaye.

Umuvugizi wa Polisi y’igihugu CP John Bosco Kabera ati: “Urasabwa kuba uretse gusubira aho wari utuye kuko iteganya gihe rigaragaza ko hakiri imvura. Usubiyeyo ushobora  kuhagirira ibyago”.

Umuburo Polisi itanga ushingiye ku biherutse gutangazwa n’’ikigo cy’igihugu cy’ubumenyi bw’ikirere, Meteo Rwanda, by’uko muri Gicurasi, 2023 hazagwa imvura iruta iyaguye mu gihe nk’iki mu mwaka wa 2022.

Ni imvura ishobora kugeza kuri milimetero ziri hagati ya 50 na 200.

Iyi mibare isobanurwa ko ari litiro z’amazi ziri hagati ya 50 na 200 zisutswe kuri metero kare imwe.

Ni amazi menshi aba asutswe ku buso buto bityo akaba yakwangiza byinshi mu gihe iyo mvura yaba imaze igihe kirekire igwa.

TAGGED:AbaturageAbayoboziAmazifeaturedKaberaPolisi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rwanda: Hegitari 2000 Z’Imyaka ‘Iri Hafi Kwera’ Zangijwe N’Ibiza
Next Article Huye: Gushakisha Batandatu Baguye Mu Kirombe BYAHAGARITSWE
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

DRC: Abanyamahanga Ntibemerewe Gukora Ubucuruzi Buto Buto

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?