Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Polisi Ivuga Ko Umutekano Wari Wose Mu Gihe Cy’Amatora
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUmutekano

Polisi Ivuga Ko Umutekano Wari Wose Mu Gihe Cy’Amatora

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 July 2024 4:58 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
ACP Rutikanga Boniface.
SHARE

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Assistant Commissioner of Police( ACP) Boniface Rutikanga avuga ko kuri uyu wa Mbere taliki 15, Nyakanga, 2024 ubwo habaga amatora, mu Rwanda hose haranzwe n’umutekano usesuye.

Yabwiye The New Times ati: “ Twabonye ko habeye amatora akozwe neza kandi nta bibazo bihungabanya umutekano twabonye. Ibikoresho byose byakoreshejwe mu gutora byageze kuri site mu mahoro kandi mu by’ukuri ibintu byagenze neza”.

Komisiyo y’igihugu y’amatora ivuga ko abantu miliyoni icyenda ari zo zatoye muri zo izigera kuri ebyiri zikaba ari abari batoye ku nshuro ya mbere.

Ibiro by’itora byari 2,600 kandi ibigera kuri 160 byari mu mahanga ngo bitorerwemo n’Abanyarwanda baba muri Diaspora.

Abakorera bushake bari abantu 100,000 mu gihe indorerezi 1,100 ari zo zakoze akazi ko kureba uko amatora agenda.

Izo ndorerezi zaje zituruka mu Muryango w’Ubumwe bw’Uburayi, Afurika yunze ubumwe, Umuryango w’Afurika y’Uburasirazuba, Umuryango w’ibihugu bivuga Igifaransa n’Umuryango w’ibihugu byo muri Afurika yo Hagati.

Abiyamamarije ku mwanya wa Perezida wa Repubulika ni Paul Kagame wa FPR-Inkotanyi, Frank Habineza wa Green Party na Philippe Mpayimana wiyamamaje yigenga.

Abiyamamaje ngo bajye mu Nteko ishinga amategeko ni abantu 589.

TAGGED:AmatorafeaturedKagamePolisiRutikanga
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kenya: Urubyiruko Rwagarutse Mu Mihanda Gusaba Ruto Kwegura
Next Article FPR Nayo Yatsinze Amatora, PL Irusha PSD Amajwi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ushaka Kuyobora FERWAFA Afitiye Abasifuzi Gahunda Yo Kubahemba

Ibibera Muri DRC Bitugiraho Ingaruka Mu Buryo Bwinshi- Amb. Ngoga

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

Gen Nkubito Yabwiye Abo Mu Burengerazuba Ko FDLR Idakwiye Kubahahamura

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUmutekano

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?