Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Polisi Yafashe Abategeraga Abantu Muri Gare Ya Nyanza Bakabambura
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUmutekano

Polisi Yafashe Abategeraga Abantu Muri Gare Ya Nyanza Bakabambura

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 October 2025 12:24 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Polisi y’u Rwanda mu Mujyi wa Kigali yafashe abantu barindwi barimo abo ikurikiranyweho gutegera abantu muri gare ya Nyanza bakabiba.

Barimo kandi abo ivuga ko bacuruzaga urumogi.

Bafatiwe mu Karere ka Kicukiro, Umurenge wa Gatenga, mu Kagari ka Nyanza mu Mudugudu wa Isonga.

Abo Polisi ivugaho ibiyobyabwenge bo bafatiwe mu ishyamba riherereye inyuma ya Gare ya Nyanza, CIP Wellars Gahonzire akavuga ko mbere y’uko bafatwa, hari amakuru uru rwego rwari rwarahawe n’abaturage y’uko abo bantu babajujubije.

Polisi yabanje gufata batatu, nyuma ifata abandi bane.

Umuvugizi wa Polisi mu Mujyi wa Kigali chief Inspector of Police (CIP) Wellars Gahonzire yashimiye abaturage batanze amakuru y’iki kibazo, yizeza abaturage bakoresha iyi Gare ko iki kibazo kigomba gukemuka burundu.

Ati: “Ndabwira abaturiye gare ya Nyanza ko ikibazo cy’abantu babamburaga kigiye gukemuka burundu.”

Yirinze kuvuga uko kizakemuka, ariko atangaza ko ubufatanye bw’abaturage na Polisi buzabigiramo uruhare.

Polisi ivuga ko ifite ubushobozi n’ubushake bwo gushaka no gufata abagizi ba nabi bityo ikaburira buri wese wumva ko azungukira muri iyo migirire.

TAGGED:GahonzireGareNyanzaPolisi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Macron Mu Ihurizo Ryo Kubona Minisitiri W’Intebe Uhamye 
Next Article Huye: Abagabo Bane Bakurikiranyweho Gutema Abaturage
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

DRC: Ikigega Cya Lisansi Cyakongotse

Ambasaderi Busabizwa Asanga Ubutwari Atari Amagambo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Abasora Ipatanti N’Umusoro Ku Nyungu Z’Ubukode Babyihutishe- Komiseri Muri Revenue 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

Bigoranye Police FC Yakuye Ku Izima APR FC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Abantu Babiri Bananirwa Bate Kubana?-Kagame Abaza Abashakanye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzima

‘Gusaranganya Shisha Kibondo’ Ni Ruswa Nini Mu Rwego Rw’Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Umuyobozi Mu Ngabo Za Jamaica Yasuye RDF Ikorera Muri Iki Gihugu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?