Politiki
Polisi Y’u Rwanda Yangije Ibiyobyabwenge Bifite Agaciro Ka Miliyoni 87

Mu Murenge wa Bigogwe, Akarere ka Nyabihu Polisi ifatanyije na RIB n’ubuyobozi bw’ibanze yangije ibilo 410 by’urumogi na litiro 10 za kanyanga.
Mu ntangiriro z’iki Cyumweru nabwo Polisi yeretse itangazamakuru umugabo yafatanye ibilo 20 by’urumogi yavanye iwabo muri Uganda.
Icyo gihe umuvugizi wa polisi y’u Rwanda CP John Bosco Kabera yabwiye itangazamakuru ko itazahwema gufata abacuruza ibiyobyabwenge ibyo aribyo byose n’uko bingana kose.
Ibiyobyabwenge Polisi yafashe ikabyangiza bifite agaciro ka Frw 87 000 000.
-
Mu mahanga2 days ago
Umunyapolitiki Ukomeye Ruswa Y’Igitsina Imukozeho
-
Imibereho Y'Abaturage3 days ago
I Karongi ‘Umuryango Wari Uzimye’ Habura Gato!
-
Mu Rwanda2 days ago
Urukiko Rw’Ikirenga Rwimutse, Ubushinjacyaha Nibwo Butahiwe
-
Mu Rwanda2 days ago
RCS Ivuga Ko Imfungwa ‘Yanze Kumvira’ Umucungagereza Iraraswa
-
Mu Rwanda2 days ago
Umunyarwandakazi Yapfiriye I Dubai
-
Politiki3 days ago
Kuki U Rwanda Rwafashe Rusesabagina Induru Zikavuga?
-
Icyorezo COVID-191 day ago
U Rwanda Rugiye Kwakira Inkingo Za COVID-19, Gukingira Ni Ku Wa Gatanu
-
Mu mahanga23 hours ago
Perezida Ndayishimiye Yigishije Abaturage Guhinga Kijyambere