Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Producer Chrisy Neat Yasubiyemo Indirimbo Ya Rugamba Cyprien
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Producer Chrisy Neat Yasubiyemo Indirimbo Ya Rugamba Cyprien

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 October 2023 11:11 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kanoheli Christmas Ruth ufite izina ry’akazi ko gutunganya umuziki rya Chrisy Neat yasubiye mu ndirimbo ‘Urungano’  ya Cyprien Rugamba.

Yabwiye Taarifa ko yisohoye mu rwego rwo gukumbuza uzayumva wese urungano rwe kuko ngo urungano nta myaka rutabamo.

Ati:”Nkuzaniye indirimbo  Nziza igukumbuza ; abo mwareranwe, mwakuranye ndetse n’urungano rwawe.”

Ubusanzwe indirimbo ‘Urungano’ ya Rugamba irimbye mu majwi gusa atangira ibicurangisho ibyo ari byo byose.

Ni indirimbo iri muze zikunzwe kubera ko ivuga ko mibanire iboneye iranga abantu bangana mu myaka kandi bakuranye.

Chrissy Neat usanzwe utunganyiriza indirimbo muri Studio ya Riderman yitwa Ibisumizi, avuga ko yavuganye n’abo mu muryango wa Rugamba Cyrpien kugira ngo bamwemerere ko asubiramo iriya ndirimbo.

Ati: “…Cyane, twaravuganye ariko kuba twaravuganye cyangwa barabinyemereye ntabwo bikuraho ko igihangano ari icya  Rugamba. Ariko, urumva haba hari ibyo nyiri igihangano aba agomba kuba afite, kandi nanjye wayisubiyemo…Urabizi ko ubusanzwe indirimbo za Rugamba nta musique zigira, ziba ari amajwi gusa… Ariko byanga byakunda uko byagenda kose, iyo igihangano ari icy’umuntu; aba ari icy’umuntu.”

Kanoheli Chrismas Ruth asanganywe indirimbo enye zifite amashusho ari zo: Ikibondo, Urukundo, Ndakwihaye na Urungano.

Afite indi ndirimbo imwe y’amajwi gusa yise Hey Mama.

Cyprien Rugamba.

Rugamba Cyprien yavutse mu mwaka wa 1935, yavukiye mu gace k’icyaro i Karama mu cyahoze ari Komini ya Karama muri Gikongoro ya kera.

Ubwo Jenoside yakorerwaga Abatutsi yatangiraga taliki 07, Mata, 1994, ari mu Batutsi ba mbere bishwe cyane cyane ko yari aturanye n’abasirikare barindaga Perezida Habyarimana ku Kimihurura.

Se yitwaga Bicakungeri Michel na Nyirakinani Tereziya.

Indirimbo ‘Urungano’ yasubiwemo na Chrissy Neat:

TAGGED:ChrissyIndirimboRugambaUrungano
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Hari Abayobozi Ba Televiziyo Zikorera Kuri Murandasi Bakurikiranwa Na RIB
Next Article Etage Ya Cyenda Ya ECOBANK Yahiye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Muri Somalia Byifashe Bite?

Côte d’Ivoire: Miliyoni Umunani Bitabiriye Amatora Y’Umukuru W’Igihugu

Uburundi, Ububiligi, DRC, Amerika… -Nduhungirehe Asobanura Uko U Rwanda Rubanye Nabyo

Nta Byinshi Dufite Byo Gusesagura- Kagame Abwira Sena

Byaba Byagenze Gute Ngo Amerika Ihagarike Gukorana Na Israel?

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

U Rwanda Rugiye Kubaka Irindi Shuri Rihambaye Ry’Ubuhinzi N’Ubworozi

Abanyamerika Baramagana Perezida Wabo

U Rwanda Rugiye Kwakira Inama Y’Abagaba Bakuru B’Ingabo Muri Afurika 

Rwamagana: Uruganda SteelRwa Rukomeje Kuba Ikibazo Ku Buzima Bw’Abaturage

Ubufaransa Bugiye Gukoresha Inama Ku Mutekano Mu Karere

You Might Also Like

IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Umurundi Kirikou Akili Ukunzwe Mu Rwanda Ni Muntu Ki?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Njozi: Indirimbo Nshya Ya Element Yatunganyijwe N’Usanzwe Ukorana Na Diamond

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Nick Ngendahayo Ari Gutegura Igitaramo Kirangiza Umwaka Kizabera I Kigali 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduro

Knowless Yagiye Tanzania Kuhasohorera Indirimbo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?