Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: PSD Na Green Party Barageza Kandidatire Kuri NEC
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaPolitiki

PSD Na Green Party Barageza Kandidatire Kuri NEC

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 May 2024 11:08 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu bihe bitandukanye amashyaka PSD na Green Democratic Party arageza kuri Komisiyo y’amatora inyandiko zerekana ko ashaka kwiyamamaza mu matora y’Umukuru w’igihugu n’ay”Abadepite azaba mu mezi abiri ari imbere.

PSD iratanga urutonde rw’abakandida depite 67 nk’uko byaraye byemerejwe mu Nteko yaguye yaryo yaraye iteranye.

Perezida w’iri shyaka Dr. Vincent Biruta avuga ko mu myaka 33 bamaze bashinze iri shyaka bishimira ko rikorana n’andi mu iterambere ry’igihugu.

Ati: ” Ndetse hari byinshi byagezweho bishyizwe mu bikorwa n’inzego zitandukanye kandi no kwegera abaturage birakorwa bikozwe n’ishyaka”.

Biruta avuga ko mu myaka itanu iri imbere bazakomeza ubufatanye n’andi mashyaka mu guteza imbere u Rwanda.

Ku mwanya wa Perezida wa Repubulika, PSD izashyigikira umukandida wa FPR Inkotanyi , Paul Kagame.

Manifesto ya PSD igizwe n’ibitekerezo 82.

Muri yo bavuga ko umusoro ku nyungu wava kuri 18% ukajya kuri 14%.

PSD kandi irashaka ko buri munyeshuri urangije amashuri yisumbuye ushaka kujya muri Kaminuza yajya abanza kujya mu gisirikare mu gihe cy’umwaka.

Iri shyaka rishaka kandi ko hashyirwaho ikigega giha abahinzi inguzanyo bazishyura ku 10% kandi Abadepite bakava ku bantu 80 ahubwo bakaba 120.

Ku wa Gatanu w’icyumweru gishize nibwo abakandida bemerewe gutangira kugeza kandidatire zabo kuri NEC.

 

TAGGED:BirutafeaturedGreenIshyakaPartyPSD
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Byemejwe Ko Perezida Wa Iran Yishwe N’Impanuka
Next Article Burundi: Ndayishimiye Yakiriye Inyoni Yohererejwe Na Suluhu
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Mu Mboni Z’Umwanditsi Muri National Geographic

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?