Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: PSD Na Green Party Barageza Kandidatire Kuri NEC
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaPolitiki

PSD Na Green Party Barageza Kandidatire Kuri NEC

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 May 2024 11:08 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu bihe bitandukanye amashyaka PSD na Green Democratic Party arageza kuri Komisiyo y’amatora inyandiko zerekana ko ashaka kwiyamamaza mu matora y’Umukuru w’igihugu n’ay”Abadepite azaba mu mezi abiri ari imbere.

PSD iratanga urutonde rw’abakandida depite 67 nk’uko byaraye byemerejwe mu Nteko yaguye yaryo yaraye iteranye.

Perezida w’iri shyaka Dr. Vincent Biruta avuga ko mu myaka 33 bamaze bashinze iri shyaka bishimira ko rikorana n’andi mu iterambere ry’igihugu.

Ati: ” Ndetse hari byinshi byagezweho bishyizwe mu bikorwa n’inzego zitandukanye kandi no kwegera abaturage birakorwa bikozwe n’ishyaka”.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Biruta avuga ko mu myaka itanu iri imbere bazakomeza ubufatanye n’andi mashyaka mu guteza imbere u Rwanda.

Ku mwanya wa Perezida wa Repubulika, PSD izashyigikira umukandida wa FPR Inkotanyi , Paul Kagame.

Manifesto ya PSD igizwe n’ibitekerezo 82.

Muri yo bavuga ko umusoro ku nyungu wava kuri 18% ukajya kuri 14%.

PSD kandi irashaka ko buri munyeshuri urangije amashuri yisumbuye ushaka kujya muri Kaminuza yajya abanza kujya mu gisirikare mu gihe cy’umwaka.

- Advertisement -

Iri shyaka rishaka kandi ko hashyirwaho ikigega giha abahinzi inguzanyo bazishyura ku 10% kandi Abadepite bakava ku bantu 80 ahubwo bakaba 120.

Ku wa Gatanu w’icyumweru gishize nibwo abakandida bemerewe gutangira kugeza kandidatire zabo kuri NEC.

 

TAGGED:BirutafeaturedGreenIshyakaPartyPSD
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Byemejwe Ko Perezida Wa Iran Yishwe N’Impanuka
Next Article Burundi: Ndayishimiye Yakiriye Inyoni Yohererejwe Na Suluhu
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?