Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Putin Yahaye Amabwiriza Umuyobozi Mushya Wa Wagner
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Putin Yahaye Amabwiriza Umuyobozi Mushya Wa Wagner

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 29 September 2023 10:40 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyuma y’urupfu rw’uwahoze ayobora umutwe Wagner azize impanuka y’indege, Perezida w’Uburusiya Vladmin Putin yashyizeho umusimbura we ari Andrei Troshev

Yaraye amuhaye amabwiriza y’uburyo agomba gukora mu kazi ke gashya.

Umutwe w’abacanshuro wa Wagner umaze igihe ufasha Uburusiya mu ntambara burwana na Ukraine.

Aba bayobozi bombi baganiriye k’uburyo bwiza abacanshuro ba Wagner bakomeza gufasha ingabo za Leta mu ntambara.

Putin yashyizeho Andrei Troshev kuyobora Wagner guhera muri Kamena, 2023 nyuma y’urpfu rwa  Yevgeny Prigozhin wahoze uyikuriye.

Andrei Troshev

Putin yabwiye Troshev ko abarwanyi b’abakorerabushake nka Wagner bafasha igihugu mu bintu bitandukanye by’umwihariko mu duce bari gukoramo intambara muri Ukraine.

Yavuze ko Leta izafasha abarwanyi ba Wagner kugira ngo akazi kabo kagende neza.

Troshev yari afite ikayi n’ikaramu yandika ibyo shebuja amubwira byose.

TAGGED:featuredIntambaraPutinUkraineWagner
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abadepite Bashinje RURA Kubangamira Ubufatanye Mu Banyarwanda
Next Article Burundi: Igitaramo The Ben Kizabera Mu Kigo Cya Gisirikare
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Gasabo: Arakekwaho Kwangiza Amapiloni Y’Amashanyarazi

Ab’i Rwamagana N’i Kigali Bagiye Kubona Andi Mazi Meza

Israel Na Hamas Basinye Icyiciro Kibanza Cy’Amasezerano Y’Amahoro Ya Trump

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abanyarwandakazi Barangije Amasomo Ya Ofisiye Muri Polisi Ya Singapore

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Ingabire Immaculée Wayoboraga Transparency Yatabarutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Bwa Mbere Ikilo Cy’Ikawa Y’u Rwanda Cyaguzwe $88.18

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaRwiyemezamirimoUmutekano

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?