Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Qatar Irashaka Gushora Imari Mu Mukino W’Amagare Mu Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Qatar Irashaka Gushora Imari Mu Mukino W’Amagare Mu Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 June 2021 3:27 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Itsinda ry’abashoramari bo muri Qatar riyobowe na Ambasaderi w’iki gihugu mu Rwanda, Abdulla Bin Mohammed A. Al Sayed bagiranye ikiganiro kihariye na Perezida w’impuzamashyirahamwe y’umukino w’amagare mu Rwanda Abdallah Murenzi baganira ubufatanye.

Kuri Twitter ya Federasiyo ya FERWACY, handitse ho hari abanya Qatar bashaka kujya bakorera imyitozo n’amarushanwa mu Rwanda.

Abakina umukino wo gutwara amagare mu Rwanda nabo ngo bazajya bajya kwitoreza muri Qatar.

Mu kiganiro Abdallah Murenzi uyobora FERWACY  aherutse guha Taarifa yavuze ko kugira ngo umukino w’amagare utere  imbere mu Rwanda hakenewe imyitozo ihagije kandi urubyiruko rugakundishwa uyu mukino hakiri kare.

Ibi ngo bizafasha mu guteza imbere uyu mukino bityo abazawukina mu gihe kiri imbere bazabe indashyikirwa.

Bitewe n’ubushyuhe bwo hejuru bw’ikirere cya Qatar, kuhitoreza gusiganwa ku igare byafasha abakinnyi b’Abanyarwanda kumenyereza umubiri wabo gusiganirwa ahantu hashyushye bityo bikazabafasha igihe cyose bazitabira isiganwa ryabereye ahantu hashyushye.

Abakina uyu mukino bo muri Qatar nabo nibaza kwitoreza mu Rwanda bizabafasha kuko ikirere cy’u Rwanda kidashyuha cyane cyangwa ngo gikonje cyane.

Murenzi Abdallah aganira n’itsinda ryaje kumva imikoranire Qatar yagirana n’u Rwanda mu mukino w’amagare
Qatar ifite ikipe y’umukino w’igare ikora neza
TAGGED:AmagarefeaturedFERWACYMurenziQatar
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mureke Twemere Ko Kwibuka Jenoside Ari Ngombwa- Peter Muthuki Uyobora EAC
Next Article ‘Gira So Yiturwa Indi,’ Ineza Bagiriwe Nabo Bayigirira Abandi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingwe: Inyamaswa Ibayeho Icunganwa N’Intare

Guinée: Bidasubirwaho Mamadi Doumbouya Yatsinze Amatora

Asanga Hakwiye Kujyaho Itorero ‘Ryihariye’ Ry’Abagabo

Menya Ahaza Kurasirwa Ibishashi Birangiza 2025

Muhanga: Umunyamategeko Yakatiwe Gufungwa Imyaka 15

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Jean-Pierre Bemba Arasabwa Kwegura

Ndayishimiye Ati: “ Twe Turaterwa Ntidutera!”

Kirehe: Abimuwe Kubera Urugomero Rwa Rusumo Bagiye Gutaha Inzu Nshya

Polisi Yafashe Abibaga Abatuye Ikirwa Cya Nkombo

Bunyoni Ararembye

You Might Also Like

Mu Rwanda

Rutaremara Agaya Ababyeyi Bahariye Abayaya Uburere Bw’Abana

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Abanyeshuri Barasubira Ku Ishuri Guhera Kuri Uyu Wa Gatandatu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Guinée: Doumbouya Yatsinze Amatora 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Beyoncé Yabaye Undi Muhanzi Ufite Miliyari $1

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?