Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ramaphosa Arashaka Ko Afurika Ihuza Uburusiya Na Ukraine
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Ramaphosa Arashaka Ko Afurika Ihuza Uburusiya Na Ukraine

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 May 2023 3:12 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida w’Afurika y’Epfo Cyril Ramaphosa yatangaje ko hari bagenzi be batanu( nawe wa gatandatu) biteguye kuzahura na Perezida Putin ndetse na Zelensky bakaganira uko ibyo bihugu byagira uruhare mu kugarura amahoro muri Ukraine.

Cyril Ramaphosa avuga ko uruzinduko rw’abo bakuru b’ibihugu ruzaba mu gihe gito kiri imbere.

Ramaphosa yatangaje ko mu mpera z’Icyumweru gishize , yahamagaye Zerensky na Putin abagezaho umugambi wa bagenzi bayobora Zambia, Senegal, Congo Brazzaville, Uganda na Misiri.

Ati: “ Nemeranyije n’abo bagabo bombi ku byifuzo bya bagenzi babo bayobora ibihugu by’Afurika”.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Iby’iyi dosiye Cyril Ramaphosa yabitangarije mu kiganiro yahaye abanyamakuru uko yari ari kumwe na Minisitiri w’Intebe wa Singapore uri mu gihugu cye witwa Lee Hsien Loong.

Perezida w’Afurika y’Epfo yunzemo ko iyo dosiye yayigejeje no ku Munyamabanga mukuru w’Umuryango w’Abibumbye Antonio Guterres  ndetse no ku buyobozi bwa Afurika yunze ubumwe barabimenyeshejwe.

Umukuru w’Afurika y’Epfo yavuze ko intambara ya Ukraine yashegeshe n’Afurika bityo ko igomba kugira uruhare mu gutuma ihagarara.

Iby’ubu buhuza bitangajwe mu gihe Amerika ishinja Afurika y’Epfo kugurisha intwaro ku Burusiya, ibintu ubutegetsi bw’i Pretoria budahakana ariko nanone bukavuga ko bisaba iperereza ryihariye.

TAGGED:AfurikaAmerikaBurusiyaCyrilfeaturedIntambaraRamaphosaUkraine
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kigali:Urubyiruko Rw’Afurika Ruri Kurushanwa Mu Mibare
Next Article Gasabo: Urukiko Rutegetse Ko Dubai N’Abo Bareganwa Bafungwa Iminsi 30 Y’Agateganyo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu mahangaMu Rwanda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?