Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ramaphosa Arashaka Ko Afurika Ihuza Uburusiya Na Ukraine
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Ramaphosa Arashaka Ko Afurika Ihuza Uburusiya Na Ukraine

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 May 2023 3:12 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida w’Afurika y’Epfo Cyril Ramaphosa yatangaje ko hari bagenzi be batanu( nawe wa gatandatu) biteguye kuzahura na Perezida Putin ndetse na Zelensky bakaganira uko ibyo bihugu byagira uruhare mu kugarura amahoro muri Ukraine.

Cyril Ramaphosa avuga ko uruzinduko rw’abo bakuru b’ibihugu ruzaba mu gihe gito kiri imbere.

Ramaphosa yatangaje ko mu mpera z’Icyumweru gishize , yahamagaye Zerensky na Putin abagezaho umugambi wa bagenzi bayobora Zambia, Senegal, Congo Brazzaville, Uganda na Misiri.

Ati: “ Nemeranyije n’abo bagabo bombi ku byifuzo bya bagenzi babo bayobora ibihugu by’Afurika”.

Iby’iyi dosiye Cyril Ramaphosa yabitangarije mu kiganiro yahaye abanyamakuru uko yari ari kumwe na Minisitiri w’Intebe wa Singapore uri mu gihugu cye witwa Lee Hsien Loong.

Perezida w’Afurika y’Epfo yunzemo ko iyo dosiye yayigejeje no ku Munyamabanga mukuru w’Umuryango w’Abibumbye Antonio Guterres  ndetse no ku buyobozi bwa Afurika yunze ubumwe barabimenyeshejwe.

Umukuru w’Afurika y’Epfo yavuze ko intambara ya Ukraine yashegeshe n’Afurika bityo ko igomba kugira uruhare mu gutuma ihagarara.

Iby’ubu buhuza bitangajwe mu gihe Amerika ishinja Afurika y’Epfo kugurisha intwaro ku Burusiya, ibintu ubutegetsi bw’i Pretoria budahakana ariko nanone bukavuga ko bisaba iperereza ryihariye.

TAGGED:AfurikaAmerikaBurusiyaCyrilfeaturedIntambaraRamaphosaUkraine
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kigali:Urubyiruko Rw’Afurika Ruri Kurushanwa Mu Mibare
Next Article Gasabo: Urukiko Rutegetse Ko Dubai N’Abo Bareganwa Bafungwa Iminsi 30 Y’Agateganyo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Israel Yoherereje Abatuye Gaza Inyandiko Zibasaba Guhunga Inzira Zikigendwa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

FERWAFA Yagennye Umubare Mushya W’Abanyamahanga Mu Ikipe Yitabiriye Shampiyona

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

Amerika Ikomeje Kureshya DRC Ku Byerekeye Amabuye Y’Agaciro

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

You Might Also Like

IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

I Yeruzalemu Hagabwe Igitero Kica Batandatu Barimo Umugore Utwite

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?