Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ramaphosa Yasuye Tshisekedi Ngo Basinyane Amasezerano
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Ramaphosa Yasuye Tshisekedi Ngo Basinyane Amasezerano

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 July 2023 8:37 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu taliki 06, Nyakanga, 2023 nibwo Perezida w’Afurika y’Epfo Cyril Ramaphosa yageze i Kinshasa mu ruzinduko rw’iminsi ibiri. Azaganira na mugenzi we Felix Tshisekedi ku ngingo zirimo ubucuruzi n’ibindi.

Ku rubuga rwa Twitter rw’Umukuru wa DRC handitse ko abayobozi bombi bari buhagararire isinywa ry’amasezerano mu mikoranire itandukanye.

Nyuma y’ibiganiro mu muhezo, abakuru b’ibihugu byombi baragirana ikiganiro n’abanyamakuru.

Afurika y’Epfo na DRC ni ibihugu bifitanye umubano ukomeye.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Uretse kuba bibana muri SADC, ibi bihugu bifite ubukungu kamere munini bishora gufatanyamo mu iterambere rya buri gihugu muri byo.

Ikindi ni uko hari ingabo za SADC zizoherezwa muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo mu gihe gito kiri imbere,  iyi ikaba ishobora kuba imwe mu ngingo Ramaphosa yaza kuganiraho na Tshisekedi.

TAGGED:AmasezeranofeaturedRamaphosaTshisekediUmubano
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mark Zuckerberg Yakoze Tweet Ya Mbere Mu Myaka 10 Yishongora Kuri Musk
Next Article Jose Chameleone Yananiwe Kwishyura Ibitaro Byo Muri Amerika
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu mahanga

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?