Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ramaphosa Yasuye Tshisekedi Ngo Basinyane Amasezerano
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Ramaphosa Yasuye Tshisekedi Ngo Basinyane Amasezerano

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 July 2023 8:37 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu taliki 06, Nyakanga, 2023 nibwo Perezida w’Afurika y’Epfo Cyril Ramaphosa yageze i Kinshasa mu ruzinduko rw’iminsi ibiri. Azaganira na mugenzi we Felix Tshisekedi ku ngingo zirimo ubucuruzi n’ibindi.

Ku rubuga rwa Twitter rw’Umukuru wa DRC handitse ko abayobozi bombi bari buhagararire isinywa ry’amasezerano mu mikoranire itandukanye.

Nyuma y’ibiganiro mu muhezo, abakuru b’ibihugu byombi baragirana ikiganiro n’abanyamakuru.

Afurika y’Epfo na DRC ni ibihugu bifitanye umubano ukomeye.

Uretse kuba bibana muri SADC, ibi bihugu bifite ubukungu kamere munini bishora gufatanyamo mu iterambere rya buri gihugu muri byo.

Ikindi ni uko hari ingabo za SADC zizoherezwa muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo mu gihe gito kiri imbere,  iyi ikaba ishobora kuba imwe mu ngingo Ramaphosa yaza kuganiraho na Tshisekedi.

TAGGED:AmasezeranofeaturedRamaphosaTshisekediUmubano
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mark Zuckerberg Yakoze Tweet Ya Mbere Mu Myaka 10 Yishongora Kuri Musk
Next Article Jose Chameleone Yananiwe Kwishyura Ibitaro Byo Muri Amerika
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Utubari Tugiye Kujya Dufunga Mu Rukerera

Kayonza: Nyemazi Yazize Kubuza Abaturage Gusuhuka Kubera Inzara

Kinshasa Irasaba AFC/M23 Gufungura Ikibuga Cy’Indege Cya Goma Byihuse

U Rwanda Rwatangije Irushanwa Rizajya Rihuza Za Kaminuza Muri Siporo

U Rwanda Rwamurikiye Abanya Congo Brazzaville Aho Rugejeje Ubukungu Bwarwo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abafite Ubumuga Biyemeje Kuzabera N’Abandi Isoko Y’Iterambere

Busabizwa Yatanze Kopi Z’Impapuro Zo Guhagararira u Rwanda Muri Guinée Equatoriale

Polisi Ivuga Ko Mu Mwaka Wa 2025 ibyaha Byagabanutse Kuri 15.7%

Kayonza: Nyemazi Yazize Kubuza Abaturage Gusuhuka Kubera Inzara

U Rwanda Rwamurikiye Abanya Congo Brazzaville Aho Rugejeje Ubukungu Bwarwo

You Might Also Like

Mu mahanga

Afurika Y’Epfo: Abantu 11 Biciwe Mu Kivunge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Kagame Yaganiriye N’Umuyobozi W’Ikigega Cy’Isi Cy’Imari 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Abayobozi Mu Bufaransa Bari Muri DRC Kuganira Ku Mikorere Mishya Ya MONUSCO

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwafashije Guinea Conakry Gukora Ikoranabuhanga Ryita Ku Masoko Ya Leta 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?