Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: RDF Na Polisi Bagiye Kongera Kuvura Abaturage
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

RDF Na Polisi Bagiye Kongera Kuvura Abaturage

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 June 2025 3:33 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Izi nzego zisanzwe zifasha abaturage kubona ubuvuzi buboneye kandi begerejwe.
SHARE

Imibare itangwa n’inzego z’umutekano ni ukuvuga Rwanda Defence Force na Rwanda National Police ivuga ko mu gihe abazikorera bagiye kumara baha serivisi z’ubuvuzi abatuye Rulindo, bazavura abantu 10,000.

Itangizwa ry’iyo gahunda ryabereye mu Murenge wa Kinihira uri muri 17 igize Akarere ka Rulindo.

‘Citizen Outreach Program’ yo kuvura abaturage bo muri aka Karere izagera no kubagaturiye kandi bizakorwa nta kiguzi.

Umuyobozi Mukuru w’Ibitaro bya Kinihira, Dr. Ruzindana Wanyoni avuga ko ubwo buvuzi buzibanda ku ndwara z’amagufa, indwara zo mu myanya y’ubuhumekero, kubaga mu nda n’iz’imbere mu mubiri.

Ubwo bwatangizwaga hari bamwe mu babuhawe ku ikubitiro babwiye itangazamakuru akamaro bumva bizabagirira.

Ati “Si ubwa mbere baje kutuvura hano ku bitaro bya Kinihira kandi uwo bavuye wese ataha yishimye, avuga ko bamuvuye neza.”

We na bagenzi be bashima ko ubwo buvuzi bubasanga aho batuye bakabona no k’ubuntu.

Ku ikubitiro, abaturage bitabiriye iyi gahunda bari 1000, bakifuza ko cyajya kiba kenshi, kikagera kuri benshi.

Kuvura abaturage bikozwe n’inzego z’umutekano ni ngarukamwaka, bikabera mu Mujyi wa Kigali no mu zindi Ntara.

Biba bigamije gufasha abafite amikoro make kubona ubuvuzi butabahenze.

TAGGED:AbaturagefeaturedIndwaraIngaboKubavuraPolisiRDFRNPUbuvuzi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ibyo Guhagarika Intambara Hagati Ya Israel Na Iran Byapfubye
Next Article Perezida Kagame Yakiriye Uwahoze Ayobora Nigeria
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Rufunze Abanyamahanga 500 -RCS

Tshisekedi Arabwira Inteko Iby’Ingenzi Aherutse Kwemeranya Na Perezida Kagame

Perezida wa Benin Yabwiye Abaturage Ko Abashatse Kumuhirika Baruhiye Ubusa

Uko Kugonganisha Ibigo Bitubura Imbuto Byakoze K’Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubuhinzi

Rwanda: Utubari Tugiye Kujya Dufunga Mu Rukerera

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko Kugonganisha Ibigo Bitubura Imbuto Byakoze K’Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubuhinzi

Busabizwa Yatanze Kopi Z’Impapuro Zo Guhagararira u Rwanda Muri Guinée Equatoriale

Kayonza: Nyemazi Yazize Kubuza Abaturage Gusuhuka Kubera Inzara

Abafite Ubumuga Biyemeje Kuzabera N’Abandi Isoko Y’Iterambere

Rwanda: Utubari Tugiye Kujya Dufunga Mu Rukerera

You Might Also Like

Imikino

U Rwanda Rwatangije Irushanwa Rizajya Rihuza Za Kaminuza Muri Siporo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

U Rwanda Rwamurikiye Abanya Congo Brazzaville Aho Rugejeje Ubukungu Bwarwo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Afurika Y’Epfo: Abantu 11 Biciwe Mu Kivunge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Kagame Yaganiriye N’Umuyobozi W’Ikigega Cy’Isi Cy’Imari 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?