Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: RDF Na Polisi Bagiye Kongera Kuvura Abaturage
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

RDF Na Polisi Bagiye Kongera Kuvura Abaturage

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 June 2025 3:33 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Izi nzego zisanzwe zifasha abaturage kubona ubuvuzi buboneye kandi begerejwe.
SHARE

Imibare itangwa n’inzego z’umutekano ni ukuvuga Rwanda Defence Force na Rwanda National Police ivuga ko mu gihe abazikorera bagiye kumara baha serivisi z’ubuvuzi abatuye Rulindo, bazavura abantu 10,000.

Itangizwa ry’iyo gahunda ryabereye mu Murenge wa Kinihira uri muri 17 igize Akarere ka Rulindo.

‘Citizen Outreach Program’ yo kuvura abaturage bo muri aka Karere izagera no kubagaturiye kandi bizakorwa nta kiguzi.

Umuyobozi Mukuru w’Ibitaro bya Kinihira, Dr. Ruzindana Wanyoni avuga ko ubwo buvuzi buzibanda ku ndwara z’amagufa, indwara zo mu myanya y’ubuhumekero, kubaga mu nda n’iz’imbere mu mubiri.

Ubwo bwatangizwaga hari bamwe mu babuhawe ku ikubitiro babwiye itangazamakuru akamaro bumva bizabagirira.

Ati “Si ubwa mbere baje kutuvura hano ku bitaro bya Kinihira kandi uwo bavuye wese ataha yishimye, avuga ko bamuvuye neza.”

We na bagenzi be bashima ko ubwo buvuzi bubasanga aho batuye bakabona no k’ubuntu.

Ku ikubitiro, abaturage bitabiriye iyi gahunda bari 1000, bakifuza ko cyajya kiba kenshi, kikagera kuri benshi.

Kuvura abaturage bikozwe n’inzego z’umutekano ni ngarukamwaka, bikabera mu Mujyi wa Kigali no mu zindi Ntara.

Biba bigamije gufasha abafite amikoro make kubona ubuvuzi butabahenze.

TAGGED:AbaturagefeaturedIndwaraIngaboKubavuraPolisiRDFRNPUbuvuzi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ibyo Guhagarika Intambara Hagati Ya Israel Na Iran Byapfubye
Next Article Perezida Kagame Yakiriye Uwahoze Ayobora Nigeria
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ushaka Kuyobora FERWAFA Afitiye Abasifuzi Gahunda Yo Kubahemba

Ibibera Muri DRC Bitugiraho Ingaruka Mu Buryo Bwinshi- Amb. Ngoga

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

Gen Nkubito Yabwiye Abo Mu Burengerazuba Ko FDLR Idakwiye Kubahahamura

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?