Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Riderman Ati: Wakwanga Ute Bruce Melodie?
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Riderman Ati: Wakwanga Ute Bruce Melodie?

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 21 December 2023 6:34 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuraperi uri mu babanjirije abandi kandi ukunzwe kuva yatangira umuziki kugeza ubu witwa Riderman avuga ko mugenzi we Bruce Melodie ukora indirimbo zisanzwe ari umuhanga k’uburyo ntawavuga ko amwanga mu buryo budasubirwaho.

Bruce Melodie ni umuhanzi watangiye uyu mwuga mu myaka wa 2000 kandi kuva icyo gihe kugeza ubu ntarawuvamo cyangwa ngo bigaragare ko ‘yazimye’.

Muri iki gihe bwo afite iterambere rikomeye kubera ko yamaze no kugera ku rwego rw’Amerika kuko indirimbo Funga Macho yasubiranyemo na Shaggy yamwaguriye amarembo ku rwego rw’isi.

Umuraperi Riderman avuga ko Bruce Melodie ari umuhanga k’uburyo n’ubwo hari indirimbo imwe yakumvikana ko ari mbi kuri runaka, ariko ngo iyo wumvise indi, usanga wamwangiye ubusa.

Ati: “ Melodie ntabwo wamwanga, wakwanga indirimbo ‘Ndakwanga’ ariko ejo haza indi ukayikunda.”

Bruce Melodie arakunzwe

Ibyo Riderman avuga kandi byari byabanje kugarukwaho na Shaggy ubwe kuko aherutse kubwira Daily mail ko Bruce Melodie ari umuhanga kandi akaba akunzwe mu Karere igihugu cye( u Rwanda) giherereyemo.

Shaggy yamushimye ko  ari umuhanga kandi ukora akazi ke uko bikwiye mu muziki we.

TAGGED:BruceIndirimboMelodieRidermanShaggy
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article DRC Itegereje Indege Z’Intambara Zizava Muri Georgia
Next Article GAERG Igerageza Guhagarika Ihererekanywa Ry’Ibikomere Bya Jenoside
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

You Might Also Like

ImyidagaduroMu Rwanda

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Ufite Inkomoko Mu Rwanda Agiye Guhatanira Kuba Miss Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduro

Sandra Teta Yarekuwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

The Ben Yacuranze Gitari Na Piyano Atari Abizwiho

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?