Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Riderman Ati: Wakwanga Ute Bruce Melodie?
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Riderman Ati: Wakwanga Ute Bruce Melodie?

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 21 December 2023 6:34 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuraperi uri mu babanjirije abandi kandi ukunzwe kuva yatangira umuziki kugeza ubu witwa Riderman avuga ko mugenzi we Bruce Melodie ukora indirimbo zisanzwe ari umuhanga k’uburyo ntawavuga ko amwanga mu buryo budasubirwaho.

Bruce Melodie ni umuhanzi watangiye uyu mwuga mu myaka wa 2000 kandi kuva icyo gihe kugeza ubu ntarawuvamo cyangwa ngo bigaragare ko ‘yazimye’.

Muri iki gihe bwo afite iterambere rikomeye kubera ko yamaze no kugera ku rwego rw’Amerika kuko indirimbo Funga Macho yasubiranyemo na Shaggy yamwaguriye amarembo ku rwego rw’isi.

Umuraperi Riderman avuga ko Bruce Melodie ari umuhanga k’uburyo n’ubwo hari indirimbo imwe yakumvikana ko ari mbi kuri runaka, ariko ngo iyo wumvise indi, usanga wamwangiye ubusa.

Ati: “ Melodie ntabwo wamwanga, wakwanga indirimbo ‘Ndakwanga’ ariko ejo haza indi ukayikunda.”

Bruce Melodie arakunzwe

Ibyo Riderman avuga kandi byari byabanje kugarukwaho na Shaggy ubwe kuko aherutse kubwira Daily mail ko Bruce Melodie ari umuhanga kandi akaba akunzwe mu Karere igihugu cye( u Rwanda) giherereyemo.

Shaggy yamushimye ko  ari umuhanga kandi ukora akazi ke uko bikwiye mu muziki we.

TAGGED:BruceIndirimboMelodieRidermanShaggy
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article DRC Itegereje Indege Z’Intambara Zizava Muri Georgia
Next Article GAERG Igerageza Guhagarika Ihererekanywa Ry’Ibikomere Bya Jenoside
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Rwifatanyije Na Algeria Kwizihiza Isabukuru Y’Ubwigenge

Ubuhinde: Igitero Cy’Iterabwoba Kishe Abantu Umunani 

Yabyariye Mu Modoka Y’Abagenzi Ijya Rubavu

Sarkozy Agiye Kurekurwa

Meteo Rwanda Yatangaje Imvura Nyinshi Ugereranyije Nisanzwe Mu Ukuboza

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Minisitiri Mukazayire Yahaye Abadepite Isezerano Abantu Bakwiye ‘Guhanga Amaso’

Dagalo Uvugwaho Gukora Jenoside Muri Sudani Ni Muntu Ki?

Umuyobozi Wa Qatar Yaganiriye N’Uw’u Rwanda Ku Bihuza Ibihugu Byombi 

Harabura Iki Ngo Interineti Igere Hose?-Abadepite Babaza Ingabire

Burundi: Umushinjacyaha Aravugwaho Kwiba Amafaranga Ya Leta Akayajyana Tanzania

You Might Also Like

Imyidagaduro

Kitoko Bibarwa Agarutse Mu Rwanda Ari Intiti

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Umurundi Kirikou Akili Ukunzwe Mu Rwanda Ni Muntu Ki?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Njozi: Indirimbo Nshya Ya Element Yatunganyijwe N’Usanzwe Ukorana Na Diamond

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Nick Ngendahayo Ari Gutegura Igitaramo Kirangiza Umwaka Kizabera I Kigali 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?