Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Robert Bafakulera Wayoboraga PSF Yeguye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Robert Bafakulera Wayoboraga PSF Yeguye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 February 2023 11:11 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kubera ibyo yise ‘impamvu ze bwite’, Robert Bafakulera yatangaje ko yeguye ku buyobozi bwa Federasiyo y’abikorera ku giti cyabo, PSF.

Bafakulera asanzwe afite imigabane myinshi muri Hoteli yitwa Ubumwe Grand Hotel.

Anahagarariye Uruganda Mukwano Industries mu Rwanda.

Akora kandi mu rwego rw’ubwikorezi n’ubucuruzi bw’umuceri n’amavuta yo guteka.

Inteko Nyobozi ya PSF yanditse kuri Twitter iti: “ Umuyobozi Mukuru wacu Bwana Robert Bafakulera yeguye uyu munsi ku mpamvu ze bwite”.

Nawe[Bafakulera] yatangarije ubwegure bwe mu Nama y’Inteko Nyobozi yabaye uyu munsi ku italiki 3, Gashyanyare 2023.

Yatangiye kuyobora PSF mu mwaka wa 2018 ubwo yatorwaga kuyobora manda ye ya mbere y’imyaka itatu asimbuye Gasamagera Benjamin.

Muri Werurwe, 2022 yongeye gutorerwa kuyobora ruriya rugaga mu gihe cy’imyaka itatu.

Urugaga PSF yari ayoboye rwashinzwe mu 1999 nk’urugaga ruhuza abikorera bo mu Rwanda.

PSF yaje isimbura  ‘Rwanda Chamber of Commerce and Industry.’

Iriya Federasiyo ubu iri kuyoborwa na Jeanne Francoise Mubiligi wari usanzwe yungirije Bafakulera.

Jeanne Francoise Mubiligi
TAGGED:AbikoreraBafakuleraMubiligiPSF
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ese Tshisekedi Aritabira Inama Y’Abakuru Ba EAC Ibera I Bujumbura?
Next Article Perezida Kagame Ari i Burundi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Rubavu: Minisitiri W’Intebe Yasuye Inganda Zikora Ku Kiyaga Cya Kivu

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

Ebola Yagarutse Muri DRC

Musanze: Polisi Yafunze Ahengerwaga Inzoga Yitwa Karigazoke

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Abanyakigali Bakomeje Kugemurirwa Urumogi

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbukungu

Ab’i Musanze Bibukijwe Akamaro Ingagi Zibafitiye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Rwanda: Ibiciro By’Ibikomoka Kuri Petelori Byazamutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?