Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Rubavu: Aho Kagame Agiye Kwiyamamiriza Abantu Ni Uruvunganzoka
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaPolitiki

Rubavu: Aho Kagame Agiye Kwiyamamiriza Abantu Ni Uruvunganzoka

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 June 2024 2:58 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Karere ka Rubavu abaturage baraye bagenda bagana ahitwa Gisa aho Umukandida wa FPR Inkotanyi Paul Kagame ari bwiyamamarize.

Ni Akarere ka kabiri ari bwiyamamarizemo nyuma ya Musanze.

Abaturage baje Rubavu aho Kagame yiyamamariza ni abasanzwe batuye muri aka Karere n’abo mu tundi tugaturiye.

I Musanze Kagame yabwiye abanyamuryango ba FPR Inkotanyi ko Demukarasi y’Abanyarwanda ari bo ibereye, ko ntawe ukwiye kuyibahitiramo kuko nabo iwabo ntawe ujya ababwira uko biyobora.

Yanavuze ko icyo FPR igamije ari uko imibereho y’Abanyarwanda ikomeza kuba myiza kurushaho.

Kagame yabwiye abantu ko ibyo atakoze muri Manda yabanje azabikora mu yindi kandi abashimira ko ibyo yakoze byose babimufashijemo.

Bamwe baharaye.
Ariyamamariza ahitwa Gisa

TAGGED:AbanyarwandafeaturedInkotanyiKagameRubavu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Habineza Avuga Ko Natorwa Azahanga Imirimo 500,000 Buri Mwaka
Next Article DRC: Nyiragongo Iraca Amarenga Yo Kuruka
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uganda: Batangiye Kwitegura Guhangana Na Ebola

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Ruhango: Abasaza Babiri Bagiye Kwiba Umwe Arahagwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?