Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Rubavu: Mu Ijoro Rimwe Urubyiruko 29 Rukekwaho Ubujura Rwafashwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Rubavu: Mu Ijoro Rimwe Urubyiruko 29 Rukekwaho Ubujura Rwafashwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 26 October 2022 12:58 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
????????????????????????????????????
SHARE

Polisi y’u Rwanda mu Karere ka Rubavu ifatanyije n’inzego z’ibanze bafashe  abantu 29 bafatiwe mu bikorwa Umurenge wa Gisenyi bakurikiranyweho  ubujura.

Biganjemo urubyiruko, bakaba barafatiwe mu mukwabo waraye ukorewe mu Tugari tugize Umurenge wa Gisenyi mu Karere ka Rubavu.

Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’i Burengerazuba Chief Inspector of Police ( CIP) Rukundo Mucyo avuga ko gufata bariya bantu bakekwaho ubujura ari ibikorwa Polisi isanzwe ikora kandi ikorana n’izindi nzego harimo n’iz’ibanze.

Amakuru avuga ko mu bafashwe harimo n’abari bahagaze mu mayira abiri bashaka gushikuza abantu amasakoshi.

Yaba Polisi yaba n’abayobozi mu nzego z’ibanze, bavuga ko bari bamaranye iminsi amakuru abarangira aho bariya bantu bakoreraga biriya byaha.

Ikindi ni uko mu bafashwe harimo n’abakobwa n’ubwo ari bake.

Umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa Gisenyi, Tuyishime Jean Bosco yabwiye IGIHE ko bafatiwe mu mukwabu wabaye mu ijoro ryakeye.

Akarere ka Rubavu ni kamwe mu turere dukunze gufatirwamo abacuruza urumogi, abinjiza caguwa n’abandi bakora ibinyuranyije n’amategeko.

Abafashwe ni urubyiruko rwiganje

Akenshi baba babivana muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo.

Mu byerekeye ubujura, mu minsi ishize hari abantu bari bafunzwe bakurikiranyweho ubujura, barekuwe.

Ni icyemezo cyafashwe n’Inama  Inama y’Abaminisitiri yateranye Taliki 08, Nzeri, 2022 .

Harimo  imyanzuro irimo n’uw’uko imfungwa 1803 zari zifungiwe ibyaha byiganjemo iby’ubujura no gukubita no gukomeretsa zifungurwa ariko by’agateganyo.

TAGGED:AbajurafeaturedPolisiRubavu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ubucuruzi Hagati Y’u Rwanda Na Ghana Bwongewemo Ikibatsi
Next Article Dr. Denis Mukwege Arashaka Kuzayobora DRC
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

You Might Also Like

Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?