Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Rubavu: Njyanama Yamenye Ko Burya Meya Kambogo Atari Ashoboye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Rubavu: Njyanama Yamenye Ko Burya Meya Kambogo Atari Ashoboye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 May 2023 10:11 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida w’Inama Njyanama y’Akarere ka Rubavu  witwa Dr Kabano Habimana Ignace yabwiye Taarifa ko Ildephonse Kambogo atari ashoboye. Avuga ko bagiriye  Kambogo inama kenshi ariko arinangira.

Dr. Kabano ati: “..Ntabwo yari ashoboye gushyira mu bikorwa inshingano ze zose kandi yagiriwe inama kenshi”.

Ngo Ildephonse Kambogo ntiyari ashoboye handi byatangiye kera.

Perezida wa Njyanama ya Rubavu avuga ko hashize amasaha atatu bafashe icyemezo cyo kweguza Ilphonse Kambogo, akemeza ko kumweguza bidashingiye ku biza biherutse kugwirira Rubavu gusa ahubwo bishingiye no ku bindi atigeze yuzuza kuva yaba Meya.

Yahakanye amakuru avuga ko Visi Meya ushinzwe imibereho myiza y’abaturage witwa Pacifique Ishimwe nawe yegujwe.

Abajijwe uri kuyobora Akarere ka Rubavu, Dr. Kabano Habimana Ignace yabwiye Taarifa ko hakiri kare ko uwo muntu atangazwa ariko avuga ko Akarere katabura uko kayoborwa kuko inzego zose zubatse neza.

TAGGED:featuredKambogoNjyanamaPerezidaRubavu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gatsibo: Huzuye Uruganda Rukora Ibiryo By’Amatungo Magufi
Next Article Rwanda: Hegitari 2000 Z’Imyaka ‘Iri Hafi Kwera’ Zangijwe N’Ibiza
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kuki Ibibazo By’Ubufaransa Bizajegeza Uburayi Bwose

Gaza: Hamas Yasabye Abarwanyi 7,000 Gusubira Aho Ingabo Za Israel Zavuye

Mfite Impungenge Ko Ibyo Kwaka FDLR Intwaro Bizaba Amasigarakicaro- Dr Buchanan

Ingabo Za Amerika Zamaze Kugera Muri Israel

Makuza Ayoboye Indorerezi Za Afurika Yunze Ubumwe Mu Matora Yo Muri Cameroun

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

DRC: Leta Yategetse FDLR Kwishyira Mu Maboko Y’Ingabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

Rwanda: Amagaraje Atujuje Ibisabwa Azafungwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?