Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Rubavu: Umwiryane Mu Rusengero Watumye Abakirisitu Bitahira
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Umutekano

Rubavu: Umwiryane Mu Rusengero Watumye Abakirisitu Bitahira

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 11 March 2024 9:22 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abakirisitu bari baje gusenga kuri iki Cyumweru, basohotse mu rusengero rya Blessing Church baritahira nyuma yo kubona ko hari umwiryane hagati y’abayobozi.

Nyuma y’ayo makimbirane, urusengero rwahise rufungwa.

Polisi ifatanyije n’ubuyobozi bw’ibanze nibo barufunze bitewe n’amakimbirane yakuruye imvururu hagati y’abayobozi b’itorero.

Imikoreshereze y’umutungo n’imiyoborere y’uru rusengero nibyo bivugwa kuba intandaro yayo makimbirane.

Bagenzi bacu ba UMUSEKE  bakorera i Rubavu bavuga ko imwe mu ngingo yatumye abantu batumvikana ari uko iri torero ryanditswe ‘ku muntu ku giti cye’.

Umwe mu bayoboke baryo yagize ati: “Ubutaka bakoreraho bwanditse ku muntu ku giti cye. Icyo tubasaba ni uko bwandikwa ku itorero hanyuma n’imiyoborere bakayinoza. Aya makimbirane ashingiye ku miyoborere”.

Ikindi ni uko ngo na manda y’abayobozi yarangiye ariko ntibatora abandi, bagasaba ko aho iryo torero rikorera handikwa ku itorero ubwaryo aho kuba ku muntu ku giti cye.

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Gisenyi iri torero ryubatsemo avuga ko iki kibazo kimaze amezi atatu bakaba bari kugishakira umuti urambye ariko hagati aho ngo babaye bafunze aho iri torero ryakoreraga.

TAGGED:AmakimbiraneGisenyiUmurengeUrusengero
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article MINAGRI Irashaka Gukorana Na MINALOC Abadahinga Ubutaka Bakabihanirwa
Next Article Kaminuza Y’u Rwanda Igiye Gutangiza Ishami Ryigisha Gukora Inkingo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Sassou Nguesso Ari i Kinshasa Mu Bukwe Bw’Umukobwa Wa Tshisekedi

Abayobozi Bakuru Mu Ngabo Za Mozambique Bari Mu Rwanda

Nyaruguru: Bagiye Gusasa Inzobe Kucyatumye Abana Batsindwa

Rwanda: Ntibiramenyekana Uko Amakipe Azahura Muri Shampiyona Ya 2025/2026

Kabila Yasabiwe Urwo Gupfa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUmutekano

Gen Nkubito Yabwiye Abo Mu Burengerazuba Ko FDLR Idakwiye Kubahahamura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?