Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Rubavu: Urwibutso Rwa Bigogwe Rugiye Kuvugururwa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Rubavu: Urwibutso Rwa Bigogwe Rugiye Kuvugururwa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 March 2023 1:04 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Amakuru aturuka mu Karere ka Rubavu avuga ko inzego z’ibanze zifatanyije na IBUKA hagiye kwimurwa imibiri y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yari ishyinguye mu rwibutso rwa Bigogwe kugira ngo rutunganywe rwagurwe.

Imibiri y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi isaga 9,000 yari iruhukuye mu rwibutso rwa Jenoside rwa Bigogwe mu Murenge wa Kanzenze igomba kwimurirwa mu rwibutso rwa Nyundo.

Amakuru atangwa na RBA avuga ko urwibutso rwa Bigogwe nirurangiza kwagurwa no gutunganywa ruzaba  rugizwe n’ibice birimo ahazashyirwa amateka ya Jenoside mu gice cyahoze ari Mutura na Rwerere.

Ni ibice byiciwemo Abatutsi ndetse na mbere y’uko Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994 nyirizina itangira.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Kimwe n’uko byagenze mu Bugesera, mu Bigogwe naho hageragerejwe Jenoside hicwa Abanyarwanda bitwaga Abagogwe.

Urwibutso rwa jenoside rwa Bigogwe ruri mu Murenge wa Kanzenze mu Karere ka Rubavu.

TAGGED:BigogwefeaturedRubavuUrwibutso
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abanya Zimbabwe Batorotse Gereza Y’Afurika Y’Epfo
Next Article 70% By’Abanya Nigeria Bafite Munsi Y’Imyaka 30: Ikibazo Cy’Ubukungu
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

RIB Igeze He Umukoro Perezida Kagame Yayihaye?

Intego Y’u Rwanda Ku Byerekeye Umukamo Mu Myaka Ine

Israel Irakoresha Ibifaro Bitarimo Ingabo Mu Ntambara Na Hamas

Ingabo Z’u Rwanda Mu Bufatanye N’Iza Misiri

Tshisekedi Arahihibikanira Ko DRC Ijya Mu Kanama Ka UN K’Amahoro Ku Isi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

U Rwanda Rugiye Kubaka Uruganda Rubyaza Izuba Amashanyarazi Ya Mega Watt 30

RDB Yagize Icyo Ivuga Ku Ntambara Ya DRC

Abajyanama B’Ubuzima Bagiye Gukoresha Ubwenge Buhangano Mu Kazi

Tshisekedi Arahihibikanira Ko DRC Ijya Mu Kanama Ka UN K’Amahoro Ku Isi

Kabila Aragisha Inama Inararibonye Z’i Goma

You Might Also Like

Mu RwandaUbutabera

Ngoma: Hibutswe Imiryango 15,593 Y’Abatutsi Yishwe Irazima Muri Jenoside 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImyidagaduroMu Rwanda

Nick Ngendahayo Yasohoye Indirimbo Ibanziriza Igitaramo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ba Rwiyemezamirimo Bagiye Guhatanira Igihembo Cya Miliyoni $1.5

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Musk Yavuye Mu Nshingano Yahawe Na Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?