Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Rubavu: Urwibutso Rwa Bigogwe Rugiye Kuvugururwa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Rubavu: Urwibutso Rwa Bigogwe Rugiye Kuvugururwa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 March 2023 1:04 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Amakuru aturuka mu Karere ka Rubavu avuga ko inzego z’ibanze zifatanyije na IBUKA hagiye kwimurwa imibiri y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yari ishyinguye mu rwibutso rwa Bigogwe kugira ngo rutunganywe rwagurwe.

Imibiri y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi isaga 9,000 yari iruhukuye mu rwibutso rwa Jenoside rwa Bigogwe mu Murenge wa Kanzenze igomba kwimurirwa mu rwibutso rwa Nyundo.

Amakuru atangwa na RBA avuga ko urwibutso rwa Bigogwe nirurangiza kwagurwa no gutunganywa ruzaba  rugizwe n’ibice birimo ahazashyirwa amateka ya Jenoside mu gice cyahoze ari Mutura na Rwerere.

Ni ibice byiciwemo Abatutsi ndetse na mbere y’uko Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994 nyirizina itangira.

Kimwe n’uko byagenze mu Bugesera, mu Bigogwe naho hageragerejwe Jenoside hicwa Abanyarwanda bitwaga Abagogwe.

Urwibutso rwa jenoside rwa Bigogwe ruri mu Murenge wa Kanzenze mu Karere ka Rubavu.

TAGGED:BigogwefeaturedRubavuUrwibutso
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abanya Zimbabwe Batorotse Gereza Y’Afurika Y’Epfo
Next Article 70% By’Abanya Nigeria Bafite Munsi Y’Imyaka 30: Ikibazo Cy’Ubukungu
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga K’Ubufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageUbuzima

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?