Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Rubavu: Uwinjije Magendu Yarashwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Umutekano

Rubavu: Uwinjije Magendu Yarashwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 April 2024 3:30 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Murenge wa Cyanzarwe mu Karere ka Rubavu haraye harasiwe umuturage wari winjije magendu yari avanye muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo.

Bivugwa ko yarashwe nyuma y’uko yashatse kurwanya inzego zishinzwe umutekano. Byabereye mu Kagari ka Busigari ahagana saa yine z’ijoro.

Uwarashwe yitwaga Samuel Maniragaba akaba yari asanzwe acuruza magendu.

Hari umuturage waho wabwiye itangazamakuru ko ingabo z’u Rwanda zikorera mu Kagari ka Busigari  zicunze umutekano ku mupaka zageze aho bari bari gupakira magendu uwo muntu avamo atangira kubarwanya.

Uwo muntu ngo yatemye umusirikare undi akinga imbunda ahita amukubita isasu amutsinda aho.

Ubwo Taarifa yahamagaraga Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Uburengerazuba SP Bonaventure Twizere Karekezi ariko ntiyatwitaba.

Ibyo kurasa uwo muturage ngo hari abo byakuye umutima kandi birabarakaza ku buryo ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu buri gukora uko bushoboye ngo buhumurize abaturage binyuze mu kubakoresha inama idasanzwe.

TAGGED:featuredMagenduRubavuUmutekano
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kicukiro: Umugabo Aravugwaho Kwica Nabi Umugore We
Next Article Abana Batozwa Na PSG Bafite Icyizere Cyo Kuzagera Kure
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Miliyari Frw 1.2 Ziva Mu Gusura Nyungwe Zigiye Gufasha Abandi Bayituriye Kubaho Neza

Umwami Wa Maroc Yandikiwe Ikiruhuko Kubera Uburwayi 

Ese Robo Zitwara Imodoka Mu Buryo Butekanye Kurusha Abantu?

Umutekano Mu Muhanda Uvuze Byinshi – Minisitiri Biruta

Nyuma Y’u Rwanda, IShowSpeed Yakomereje Muri Kenya

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kamonyi: Imodoka Itwara Abagenzi Yakoze Impanuka Ikomeye

Amerika Izashora Miliyari $100 Zo Gucukura Petelori Ya Venezuela

Ikigo Rio Tinto Kigiye Kwihuza Na Glencore Bikore Icya Mbere Ku Isi Gicukura Amabuye Y’Agaciro

Raporo Ya UN Ihamya Ko Kinshasa Igikorana Na FDLR

Kigali: Impunzi Zo Muri DRC Zigarambirije Imbere Ya Ambasade Ya Amerika

You Might Also Like

Ubumenyi N'Ubuhanga

Menya Impamvu Kugabanya Ibiro Bigora

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Irani: Imyigaragambyo Ikomeje Kuzengereza Leta

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Nyamasheke: Yakubise Gitifu Amuziza Kumwimisha Inkunga Y’Ibiribwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Ambasaderi Wa Brésil Atanga Ikizere Ko Visit Rwanda Izagera Iwabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?