Polisi y’u Rwanda ikorera mu Turere twa Rubavu na Rusizi yafatanye umugore inkweto n’imyenda bya magendu bifite ibilo 484. Umugore wafashwe aracyari muto kuko afite imyaka...
Mu Karere ka Rubavu haherutse gufatirwa umugabo wari ugiye gupakira ibipfunyika( amabalo) 15 by’imyenda ya caguwa mu modoka ngo ayijyane Kimisagara muri Nyarugenge. Yabonye afashwe ashaka...
Abagabo babiri barimo umwe w’imyaka 40 n’undi w’imyaka 27 batawe muri yombi na Polisi y’u Rwanda ibasanganye inzoga iby’ibyotsi( liquors) ikemeza ko ari magendu. Ishami rya...
Abagabo 10 bafatiwe mu Murenge wa Matimba mu Kagari ka Kagitumba mu Karere ka Nyagatare binjiza mu Rwanda amasashi 121,000 kandi atemewe. Abatuye aka gace gakora...
Mu Mudugudu wa Butete, Akagari ka Kabyiniro mu Murenge wa Cyanika ku wa Kane taliki ya 13, Mata,2023 ahagana saa kumi n’ebyiri z’umugoroba hafatiwe abagore babiri...