Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Rubavu Yashyizwe Muri GUMA MU KARERE
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Rubavu Yashyizwe Muri GUMA MU KARERE

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 June 2021 11:28 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Amabwiriza yatangajwe na Minisitiri w’ubugetsi bw’igihugu avuga ko akarere ka Rubavu kashyizwe muri Guma mu Karere, kandi ko abagatuye bagomba kuba bari mu ngo zabo bitarenze saa moya z’ijoro. Itangazo rivuga ko byakozwe mu rwego rwo gufasha inzego zibishinzwe gukurikirana neza uko ingamba zo gukumira ko COVID-19 ikumirwa muri kariya karere zikurikizwa.

Abacuruza ibiribwa bo bemerewe kubizana muri kariya karere ndetse n’ibyoherezwa muri Congo Kinshasa biciye i Rubavu nabo baremerewe ariko bagakurikiza amabwiriza yagenwe yo kwirinda kiriya cyorezo.

Abatuye Akarere ka Rutsiro bose bagomba kuba bari mu ngo zabo bitarenze saa moya z’ijoro.

Abandi baturage basabwa kuba bari mu ngo zabo saa moya ni abo mu mirenge ya Cyanika, Kagogo, Kinyababa, Butaro, Kivuye na Bungwe mu Karere ka Butaro.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Abo mu mirenge ya Rubaya, Cyumba na Karago muri Gicumbi nabo ni uko ndetse n’abo mu mirenge ya Matimba, Musheri, Rwempasha, Tabagwe, Karama na Kiyombe muri Nyagatare nabo iri bwiriza rirabareba.

Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Jean Marie Vianney Gatabazi niwe wasinye kuri ririya tangazo.

Aya mabwiriza atangira gushyirwa mu bikorwa kuri uyu wa Kane tariki 17, Kamena, 2021.

TAGGED:BurerafeaturedGatabaziGicumbiGuma Mu KarereNyagatareRubavuRutsiro
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ingabire Victoire Ntiyumva Akababaro Jenoside Yasigiye Abatutsi- Me Gatete Nyiringabo
Next Article Marechal Haftar Arategura Indi Turufu Mu Bibera Muri Libya
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?