Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Rubavu Yashyizwe Muri GUMA MU KARERE
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Rubavu Yashyizwe Muri GUMA MU KARERE

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 June 2021 11:28 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Amabwiriza yatangajwe na Minisitiri w’ubugetsi bw’igihugu avuga ko akarere ka Rubavu kashyizwe muri Guma mu Karere, kandi ko abagatuye bagomba kuba bari mu ngo zabo bitarenze saa moya z’ijoro. Itangazo rivuga ko byakozwe mu rwego rwo gufasha inzego zibishinzwe gukurikirana neza uko ingamba zo gukumira ko COVID-19 ikumirwa muri kariya karere zikurikizwa.

Abacuruza ibiribwa bo bemerewe kubizana muri kariya karere ndetse n’ibyoherezwa muri Congo Kinshasa biciye i Rubavu nabo baremerewe ariko bagakurikiza amabwiriza yagenwe yo kwirinda kiriya cyorezo.

Abatuye Akarere ka Rutsiro bose bagomba kuba bari mu ngo zabo bitarenze saa moya z’ijoro.

Abandi baturage basabwa kuba bari mu ngo zabo saa moya ni abo mu mirenge ya Cyanika, Kagogo, Kinyababa, Butaro, Kivuye na Bungwe mu Karere ka Butaro.

Abo mu mirenge ya Rubaya, Cyumba na Karago muri Gicumbi nabo ni uko ndetse n’abo mu mirenge ya Matimba, Musheri, Rwempasha, Tabagwe, Karama na Kiyombe muri Nyagatare nabo iri bwiriza rirabareba.

Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Jean Marie Vianney Gatabazi niwe wasinye kuri ririya tangazo.

Aya mabwiriza atangira gushyirwa mu bikorwa kuri uyu wa Kane tariki 17, Kamena, 2021.

TAGGED:BurerafeaturedGatabaziGicumbiGuma Mu KarereNyagatareRubavuRutsiro
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ingabire Victoire Ntiyumva Akababaro Jenoside Yasigiye Abatutsi- Me Gatete Nyiringabo
Next Article Marechal Haftar Arategura Indi Turufu Mu Bibera Muri Libya
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?