Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Rubirizi: Imodoka Igemura Amata Yakoze Impanuka
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Rubirizi: Imodoka Igemura Amata Yakoze Impanuka

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 October 2022 8:15 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Imodoka yari ivuye kugemura amata mu bice bituranye n’ahitwa Radar  muri Rubirizi ya Kicukiro yabuze feri iri kumanuka kuri AVEGA hafi ya kaburimbo igana Kabeza, uwari uyitwaye ayigongesha umugunguzi, iribirindura igusha urubavu.

Umuturage witwa Salim wabibonye yabwiye Taarifa ko nta muntu iyo mpanuka yahise ihitana, ariko ngo umusheri we yababaye cyane kubera ko yakubise umutwe ku kirahure cy’imbere.

Amahirwe ngo ni uko abana bategera hafi aho  imodoka zibajyana ku ishuri bari bamaze kugenda.

Ikindi ni uko shoferi yari ari kumwe n’abantu  babiri imbere, ariko uwabibonye yatubwiye ko nta kibazo bagize.

Polisi yahise ihagera ishyira ibintu ku murongo.

Kubera ko hari amata yari akiri mu cyuma abikwamo, amwe yabogotse.

Ntibavuga ko amata ameneka bavuga ko amata abogoka.

Nk’uko twabibwiwe n’uwabonye iriya mpanuka iba, ngo birashoboka ko yaba yatewe n’uko iriya modoka yabuze feri.

Imbangukiragutabara yahise ihagera ijyana uwakomeretse kwa muganga.

Mbere yabanje guhabwa ubutabazi bw’ibanze.

Amata yabogotse
TAGGED:AmatafeaturedIkamyoImpanukaKicukiroRubirizi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gakenke: Bibye Mu Kigo Cya TVET Nemba
Next Article Israel Ishinjwa Guha Ukraine Amakuru Y’Ubutasi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ubuhinde Burashaka ‘Kwigira’, Burambiwe Amerika

Taylor Swift Yemeye Kurushinga

Gisagara: Abashakanye Baravugwaho Kwica Umuntu Muri 2021 Bamuta Mu Bwiherero

Meteo Rwanda Irateguza Imvura Irimo Inkuba Mu Gihugu Hose

DRC:Abasirikare Basabiwe Gufungwa Imyaka 15 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Nyagatare: Hatangijwe Umushinga Mugari Wo Guhinga Ubutaka Bukomatanyije

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Abanyamakuru Barekuwe N’Urukiko Rwa Gisirikare

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeUbukungu

RDB Yamaze Impungenge Abafite Hoteli Mu Birunga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Ingengabihe Y’Umwaka Utaha W’Amashuri Yatangajwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?