Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ruhango: Bakurikiranyweho Kwica Urubozo Uwo Bafitanye Isano
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Ruhango: Bakurikiranyweho Kwica Urubozo Uwo Bafitanye Isano

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 December 2025 5:10 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Imwe mu modoka za RIB
SHARE

Polisi yafashe abagabo batatu bo mu Mudugudu wa Uwimana, Akagari ka Gikoma mu Karere na Ruhango bakurikiranyweho kwica umugabo bamuciye ijosi.

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere Tariki 15, Ukuboza, 2025 nibwo ayo makuru yamenyekanye ubwo bajyaga kureba uwo mugabo aho yakoreraga mu rugo rw’umukecuru warokotse Jenoside yakorewe Abatutsi basanga yishwe muri ubwo buryo.

Chief Inspector of Police(CIP) Hassan Kamanzi yabwiye itangazamakuru ko uwo mugabo yitwaga Mushimiyimana Josué akaba yari afite imyaka 53 y’amavuko.

Avuga ko Polisi na RIB batangiye iperereza rirambuye kuri ubwo bwicanyi.

Indi ngingo ikomeye muri ibyo ni uko mu bafashwe harimo n’abo bafitanye isano, bagakekwaho kumwica kuko hari amakimbirane bari bafitanye ashingiye ku mitungo.

Gitifu w’Umurenge wa Ruhango Kayitare Wellars yabwiye bagenzi bacu ba UMUSEKE ko uwishwe yari asanzwe ararira umurima w’imyumbati y’umukecuru wavuzwe haruguru.

Ati: “Abamwishe bamusanze ku burinzi kuko yarariraga umurima w’imyumbati.”

Umwe mu bakekwaho kwica uwo muntu afite imyaka 39, undi afite imyaka 61 y’amavuko, undi afite imyaka 64 y’amavuko bakaba bafungiye kuri Sitasiyo ya Polisi mu Mujyi wa Ruhango.

Umurambo wa Mushimiyimana Josué wajyanywe mu bitaro bya Kinazi gukorerwa isuzuma.

TAGGED:featuredIjosiPolisiRuhangoUmukecuru
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abanyarwanda Babiri Baguye Mu Mpanuka Yabereye Uganda
Next Article M23 Yemeye Kuva Muri Uvira Ariko Igira Ibyo Isaba…
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

FDLR Yarwanye Na Mai Mai

Imitangire Ya Serivisi Ntiranoga- RGB

Umusaruro Mbumbe W’ u Rwanda Wazamutseho 11.8% Mu Gihembwe Cya Gatatu

Uko Ikibazo Cya Feri Za Spiro Giteye

Umuvuno Wa Leta Wo Guca Amapfa Muri Kayonza

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Yemeje Urwego Rwemerewe Kwita Ku Mbuto

M23 Yemeye Kuva Muri Uvira Ariko Igira Ibyo Isaba…

Guinée-Bissau: Inshuti Y’Uwahoze Ari Perezida Yafatiwe Mu Ndege Afite Ivarisi Yuzuye Amafaranga

Uburundi Buvuga Ko Nibiba Ngombwa Buzarwana N’u Rwanda 

Venezuela Ivuga Ko Trump Nta Kindi Ayishakaho Kitari Petelori

You Might Also Like

Mu mahanga

Trump Yeruye Arega BBC Ngo Imwishyure Miliyari $10

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Abanyarwanda Babiri Baguye Mu Mpanuka Yabereye Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Gicumbi: Baburaniye Mu Ruhame Baregwa Urumogi Na Kanyanga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Pariki Y’Akagera Yinjije Miliyari Frw 6.7, Imwe Iyiha Abaturage

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?