Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Rusizi: Imibiri 1199 Niyo Yabonetse Mu Isambu Ya Paruwasi ya Mibirizi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Rusizi: Imibiri 1199 Niyo Yabonetse Mu Isambu Ya Paruwasi ya Mibirizi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 May 2023 10:12 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Murenge wa Gashonga w’Akarere ka Rusizi hamaze gutabururwa imibiri 1199 y’Abatutsi biciwe kuri Paruwasi ya Mibirizi mu mwaka wa 1994 ubwo Jenoside yakorerwaga muri kariya gace.

Gushakisha iriya mibiri byatangiye taliki 23, Werurwe, 2023, bikaba bigikomeje.

Inzego zibishinzwe zirimo na IBUKA mu Karere ka Rusizi zanzuye ko imibiri yamaze kuboneka kugeza ubu, igomba gushyungurwa bitarenze taliki 27, Gicurasi, 2023, ikazashyingurwa mu rwibutso rwa Mibirizi.

Perezida wa IBUKA muri Rusizi witwa Utamuriza Vestine yabwiye itangazamakuru ko iriya mibiri nirangiza gushyingurwa, hazakomeza ibikorwa byo gushakisha indi kuko hashobora kuba hari itaraboneka.

Ati: “Icyemezo cyo gushyingura cyafashwe ku munsi w’ejo (ku wa Kane) mu Nama twakoze n’ihuriro rya Mibirizi, IBUKA, inzego z’umutekano n’ubuyobozi bw’Akarere, dusanga gushyingura byaba ku wa 27, Gicurasi, 2023”.

Icyo gihe hazaba ari ku wa Gatandatu.

Imirimo yo gushakisha iriya mibiri iri gukorerwa mu Mudugudu wa Mibirizi, Akagari ka Karemereye, Umurenge wa Gashonga muri Rusizi.

Urwibutso rwa Mibirizi rusanzwe rushyinguyemo imibiri 13,082 y’Abatutsi bishwe muri Jenoside mu 1994, yavanywe mu bice bitandukanye by’aka Karere kahoze mu kitwaga Perefegitura ya Cyangugu.

TAGGED:AbatutsifeaturedImibiriJenosidePerefegituraRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Afurika Y’Epfo Irashaka Kumvana Imitsi N’Amerika
Next Article Uruhare Rw’Ingabo Z’u Rwanda Mu Ireme Ry’Uburezi Bwa Centrafrique
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

BK Ikora Ite Ngo Yunguke?

DRC: Abantu 16 Bashimuswe Na CODECO

Kwihaza Mu Biribwa Muri Afurika Biracyari Kure

Abavandimwe Alicia Na Germaine Bakoze Indirimbo Bizeyeho Byinshi

Kubaka Urugomero Rwa Nyabarongo Bizatuma Havuka Ikiyaga Kizakora Ku Turere 8

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwandair Yaguze Izindi Ndege Ngari 

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

RDB Yamaze Impungenge Abafite Hoteli Mu Birunga

Rwamagana:Uwahoze Ari Umunyamakuru Wa Radio Agiye Kwishingira Iye

Uburundi Bwatsembye Ko Butazafungura Vuba Umupaka Wabwo N’u Rwanda

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Nyagatare: Batashye Isoko Risakaye Bari Barifuje Igihe Kirekire

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Urwibutso Rwa Jenoside Yakorewe Abayahudi Baruhumanyije

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Drones Zigiye Gukoreshwa Mu Kurwanya Imibu Yo Mu Bugesera

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Kigali: Abagore Baravugwa Kenshi Mu Biyobyabwenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?