Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Rusizi: Imvura Yasenye Ikiraro Cy’Ingirakamaro Mu Mibereho Y’Abaturage
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Rusizi: Imvura Yasenye Ikiraro Cy’Ingirakamaro Mu Mibereho Y’Abaturage

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 27 December 2023 2:28 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Imvura yaraye iguye mu Karere ka Rusizi n’ubu ikaba ikigwa yangije ikiraro cyahuzaga Umurenge wa Gikundamvura n’uwa Muganza aho bita kuri barrage. Iki kiraro cyafashaga abacuruzi b’umuceri n’indi myaka kuyigeza ku isoko.

Umuyobozi w’Akarere ka Rusizi witwa Dr. Anicet Kibiriga yabwiye Taarifa ko ibyabaye byabababaje kandi bari kureba uko cyasanwa kugira ngo ubuhahirane hagati y’abatuye Gikundamvura na Muganza butadindira cyane.

Ati: “ Abaturage bakoreshaga iki kiraro bajyana imyaka ku masoko. Bajyanagayo umuceri, inyanya n’ibindi. Gusenyuka kwacyo byatubabaje ariko tugiye kugisana.”

Dr. Kibiriga Anaclet

Kibiriga avuga ko amahire ari uko hari izindi nzira abaturage bari bube bakoresha ariko zo ziraziguye.

Yabwiye Taarifa ko hari ubuyobozi bwa Rusizi buri bukorane n’abafatanyabikorwa bayo mu iterambere kugira ngo kiriya kiraro gisanwe.

Gikundamvura na Muganza niho iki kibazo cyavukiye

Meya wa Rusizi avuga ko hari itsinda ry’abakozi ryoherejwe mu bice bitandukanye bw’aka Karere ngo habarurwe ibyaba byangijwe n’imvura nyinshi yahaguye.

Iyi mvura kandi yageze henshi mu Rwanda, hakaba hari impungenge ko hari ibyo ishobora kuba yangije n’ubwo bitaratangazwa n’inzego zibifitiye uburenganzira.

Imyaka irimo n’umuceri yangiritse
Hari gukorwa ibarurwa ry’ibyangiritse byose

Amafoto@ RBA.

TAGGED:AmazifeaturedIkiraroKibirigaMeyaRusizi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Pariki Y’Akagera Irateganya Gukoresha Imodoka Z’Amashanyarazi Gusa
Next Article I Kinshasa Batangiye Gutwika Imipine Bamagana Ibyavuye Mu Matora
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Leta Yategetse FDLR Kwishyira Mu Maboko Y’Ingabo

Rwanda: Amagaraje Atujuje Ibisabwa Azafungwa

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Gasabo: Arakekwaho Kwangiza Amapiloni Y’Amashanyarazi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Abaturiye CIMERWA Bagiye Kwimurwa

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Ab’i Rwamagana N’i Kigali Bagiye Kubona Andi Mazi Meza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Israel Na Hamas Basinye Icyiciro Kibanza Cy’Amasezerano Y’Amahoro Ya Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Ingabire Immaculée Wayoboraga Transparency Yatabarutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Bwa Mbere Ikilo Cy’Ikawa Y’u Rwanda Cyaguzwe $88.18

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?