Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Rusizi: Kuri Paruwasi Ya Mibilizi Habonetse Imibiri 350
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Rusizi: Kuri Paruwasi Ya Mibilizi Habonetse Imibiri 350

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 26 April 2023 7:32 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Amakuru atangwa n’ikigo cy’igihugu cy’itangazamakuru avuga kuri Paruwasi ya Mibilizi mu Karere ka Rusizi hamaze kuboneka imibiri y’Abatutsi bazize Jenoside igera kuri 350. Kuri uyu wa Kabiri taliki 25, Mata, 2023 habonetse imibiri 251.

Mu minsi 100 yo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi, hakunze kuboneka imibiri y’Abatutsi bazize Jenoside.

Bamwe bibaza impamvu muri iki gihe ari bwo bagaragara kandi haba hari abantu bazi aho iyo mibiri iba yarajugunywe.

IBUKA isaba abantu bose bazi aho imibiri y’abazize Jenoside yajugunywe kuhavuga kugira ngo ishyingurwe mu cyubahiro.

Kumenya aho imibiri y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yajugunywe ntibitangazwe, ubizi abikurikiranwaho mu rwego rw’amategeko.

Gushakisha indi mibiri y’abazize Jenoside yajugunywe kuri Paruwasi ya Mibilizi muri Rusizi birakomeje.

TAGGED:featuredImibiriJenosideRusiziRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ikoranabuhanga Ni Ngombwa Mu Bucuruzi Bwa Afurika: Perezida Kagame
Next Article Abapolisi Bibukijwe Kugaragaza Ubumuntu Mu Byo Bakora Byose
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbukungu

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?