Rutangarwamaboko Yashimye Imana Y’i Rwanda Ko Abe Batahiye

Kuri X umupfumu Rutangarwamaboko yashimye Imana y’i Rwanda n’Abazimu ” batazima” ko barinze umuryango we ntiwashya.

Yabitangaje nyuma y’uko inkongi yatewe no gusudira yibasiye igice cy’inzu yakoreragamo imihango ya Kinyarwanda yo kuragura.

Yanditse ati:” UBUZIMA ni UMWERU n’UMU.Imana y’i Rwanda ishimwe yo n’Abazimu Bacu Batazima kuko nubwo Ingoro Ndangamuco n’Amateka yose yakongotse ariko twe turacyitsa kandi nta n’undi wahagiriye ikibazo icyo aricyo cyose.”

Yashimye Polisi y’u Rwanda yatabaye ikazimya uriya nkongi itaratikiza byose.

Share This Article
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Exit mobile version