Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Rwanda: Ibigo 13 Bicukura Amabuye Y’Agaciro Byafunzwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Rwanda: Ibigo 13 Bicukura Amabuye Y’Agaciro Byafunzwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 November 2023 1:04 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa amabwiriza ahamye yo gucukura amabuye y’agaciro hirindwa ko yibwa cyangwa se ko abantu bahasiga ubuzima, ikigo cy’u Rwanda gishinzwe ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro, mine na gazi cyahagaritse ibigo 13 bisanzwe biyacukura.

Itangazo ry’iki kigo rivuga ko ibigo byahagaritswe byakozwe kubera ko byanze kumvira amabwiriza agenga uyu mwuga.

Kivuga ko mu buryo butandukanye no mu bihe bitandukanye, abayobozi ba biriya bigo bagiriwe inama ariko ibiti babivunira mu matwi.

Muri ririya tangazo, handitsemo ko hari n’ibindi bigo bimaze iminsi bihawe amabwiriza y’ibyo bigomba kunoza bitaba ibyo bigahagarikwa.

Ubuyobozi bwa kiriya kigo bwizeza ba nyiri biriya bigo byafunzwe ko ibirombe byabo bizakomeza gucungwa n’inzego z’umutekano kugira ngo hatagira ibyangirika.

Ibyemezo nk’ibi bifashwe nyuma y’uko hari abantu batandatu bapfiriye mu kirombe kiri mu Murenge wa Rwinkwavu mu Karere ka Kayonza.

Abo baje bakurikira abandi baguye mu kirombe cya mu Karere ka Huye, bakagira ibyago byikubye kabiri kubera ko batigeze bakurwamo ngo bashyingurwe.

Itangazo rihagarika biriya bigo
TAGGED:AmabuyeIbigoIbirombeIkigo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kagame Yibukije Abanyarwanda Ko Bose Bareshya Imbere Y’Amategeko
Next Article Undi Mujenosideri Aloys Ndimbati Nawe Yarapfuye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

You Might Also Like

Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUbukungu

Qatar Mu Bufatanye N’u Rwanda Mu Gukora Imiti

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?