Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Rwanda: Ibigo 13 Bicukura Amabuye Y’Agaciro Byafunzwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Rwanda: Ibigo 13 Bicukura Amabuye Y’Agaciro Byafunzwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 November 2023 1:04 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa amabwiriza ahamye yo gucukura amabuye y’agaciro hirindwa ko yibwa cyangwa se ko abantu bahasiga ubuzima, ikigo cy’u Rwanda gishinzwe ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro, mine na gazi cyahagaritse ibigo 13 bisanzwe biyacukura.

Itangazo ry’iki kigo rivuga ko ibigo byahagaritswe byakozwe kubera ko byanze kumvira amabwiriza agenga uyu mwuga.

Kivuga ko mu buryo butandukanye no mu bihe bitandukanye, abayobozi ba biriya bigo bagiriwe inama ariko ibiti babivunira mu matwi.

Muri ririya tangazo, handitsemo ko hari n’ibindi bigo bimaze iminsi bihawe amabwiriza y’ibyo bigomba kunoza bitaba ibyo bigahagarikwa.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ubuyobozi bwa kiriya kigo bwizeza ba nyiri biriya bigo byafunzwe ko ibirombe byabo bizakomeza gucungwa n’inzego z’umutekano kugira ngo hatagira ibyangirika.

Ibyemezo nk’ibi bifashwe nyuma y’uko hari abantu batandatu bapfiriye mu kirombe kiri mu Murenge wa Rwinkwavu mu Karere ka Kayonza.

Abo baje bakurikira abandi baguye mu kirombe cya mu Karere ka Huye, bakagira ibyago byikubye kabiri kubera ko batigeze bakurwamo ngo bashyingurwe.

Itangazo rihagarika biriya bigo
TAGGED:AmabuyeIbigoIbirombeIkigo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kagame Yibukije Abanyarwanda Ko Bose Bareshya Imbere Y’Amategeko
Next Article Undi Mujenosideri Aloys Ndimbati Nawe Yarapfuye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Karongi: Abacukura Amabuye Y’Agaciro Batemanye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Icyayi Gikomeje Kwinjiriza u Rwanda Amadovize Menshi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?