Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Rwanda: Ibigo 13 Bicukura Amabuye Y’Agaciro Byafunzwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Rwanda: Ibigo 13 Bicukura Amabuye Y’Agaciro Byafunzwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 November 2023 1:04 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa amabwiriza ahamye yo gucukura amabuye y’agaciro hirindwa ko yibwa cyangwa se ko abantu bahasiga ubuzima, ikigo cy’u Rwanda gishinzwe ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro, mine na gazi cyahagaritse ibigo 13 bisanzwe biyacukura.

Itangazo ry’iki kigo rivuga ko ibigo byahagaritswe byakozwe kubera ko byanze kumvira amabwiriza agenga uyu mwuga.

Kivuga ko mu buryo butandukanye no mu bihe bitandukanye, abayobozi ba biriya bigo bagiriwe inama ariko ibiti babivunira mu matwi.

Muri ririya tangazo, handitsemo ko hari n’ibindi bigo bimaze iminsi bihawe amabwiriza y’ibyo bigomba kunoza bitaba ibyo bigahagarikwa.

Ubuyobozi bwa kiriya kigo bwizeza ba nyiri biriya bigo byafunzwe ko ibirombe byabo bizakomeza gucungwa n’inzego z’umutekano kugira ngo hatagira ibyangirika.

Ibyemezo nk’ibi bifashwe nyuma y’uko hari abantu batandatu bapfiriye mu kirombe kiri mu Murenge wa Rwinkwavu mu Karere ka Kayonza.

Abo baje bakurikira abandi baguye mu kirombe cya mu Karere ka Huye, bakagira ibyago byikubye kabiri kubera ko batigeze bakurwamo ngo bashyingurwe.

Itangazo rihagarika biriya bigo
TAGGED:AmabuyeIbigoIbirombeIkigo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kagame Yibukije Abanyarwanda Ko Bose Bareshya Imbere Y’Amategeko
Next Article Undi Mujenosideri Aloys Ndimbati Nawe Yarapfuye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

DRC: Ikigega Cya Lisansi Cyakongotse

Ambasaderi Busabizwa Asanga Ubutwari Atari Amagambo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Abasora Ipatanti N’Umusoro Ku Nyungu Z’Ubukode Babyihutishe- Komiseri Muri Revenue 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Tshisekedi Yagiye Muri Leta Ziyunze Z’Abarabu Gusinya Amasezerano Mu Bucukuzi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Abantu 200 Bishwe N’Ikirombe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Mobicash Yabaye Ihagaritswe 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Abatarahererekanya Ibinyabiziga Babikore Inzira Zikigendwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?