Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Rwanda: Ingengabihe Ya Gahunda Y’Amatora Yatangajwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Rwanda: Ingengabihe Ya Gahunda Y’Amatora Yatangajwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 22 February 2024 6:57 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Komisiyo y’igihugu y’amatora, NEC, yatangaje uko gahunda y’Amatora ya Perezida wa Repubulika n’Amatora y’Abadepite akomatanyije izagenda.

Bikubiye mu ngengabihe iyi Kominisiyo yasinywe n’Umuyobozi mukuru w’iyi Komisiyo Oda Gasinzigwa yashyize kuri X mu ijoro ryakeye.

Mu gihe  Amatora nyirizina azaba hagati ya Taliki 14 na Taliki 15, Nyakanga, 2024, gutangaza ibyavuye mu matora mu buryo bw’agateganyo bizakorwa taliki 20 Nyakanga n’aho gutangaza ibyayavuyemo mu buryo bwa burundu bikazaba bitarenze taliki 27, Nyakanga, 2024.

Komisiyo yigihugu y’amatora ivuga ko guhuza amatora ya Perezida wa Repubulika n’ay’Abadepite byakozwe mu rwego rwo kwihutisha ibintu no kwirinda gukoresha ingengo y’imari nini kandi ku bintu bibereye mu gihe kijya kwegerana.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Inteko rusange ya Sena yateranye ku wa Mbere taliki 27, Ugushyingo, 2023 niyo  yemeje ishingiro ry’umushinga w’itegeko ngenga rihindura itegeko ngenga n° 001/2019.OL ryo ku wa 29/07/2019 rigenga amatora.

Iri tegeko ngenga rigenga amatora ryahinduwe kugira ngo amatora azashobore gukorwa mu buryo buhuje n’ibiteganywa n’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda cyane cyane mu ngingo yaryo ya 75 iteganya ko amatora y’Abadepite akorerwa umunsi umwe n’aya Perezida wa Repubulika.

Gukorera aya matora icya rimwe bizafasha u Rwanda kuzigama Miliyari Frw 7 kandi n’umwanya wo gutegura no gutora nyirizina ukazakoreshwa neza.

Gahunda y’amatora yo muri Nyakanga, 2024

Ifoto ibanza: Oda Gasinzigwa@ The New Times

TAGGED:AbadepiteAmatorafeaturedGasinzigwaItegekoPerezidaSena
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abanyarwanda B’i Kigali Bakoresha Icyongereza Kurusha Ikinyarwanda
Next Article Abagore Bakora Mu Rwego Rw’Ingufu Barashaka Kwiyongera
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?