Abasenateri b’u Rwanda babwiye urubyiruko rw’u Rwanda ko rugomba kumenya amahame remezo ya Leta y’u Rwanda kugira ngo bazayahereho barinda igihugu. Perezida wa Sena Dr Kalinda...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri taliki 07, Werurwe, 2023, Perezida wa Sena y’u Rwanda Dr. Kalinda François Xavier yakiriye mugenzi we wo muri Eswatini...
Hashize iminsi bamwe mu bahagarariye ibigo bitwara abantu mu modoka mu buryo bwa rusange batakambira Taarifa ngo ibavuganire kuko hari amafaranga Guverinoma ibagomba ariko yabimye bituma...
Nyuma y’uko, Dr. Sen Kalinda arahiriye imirimo ye nka Senateri, hahise hakurikiraho gutora Perezida wa Sena. Madamu Sen Nyirasafari Esperance yahise amwamamaza avuga ko ari umugabo...
‘By’agateganyo’, Madamu Esperance Nyirasafari niwe ugiye kuyobora Sena y’u Rwanda nyuma y’uko Dr. Augustin Iyamuremye yeguye. Mu ijoro ryakeye nibwo Dr. Iyamuremye yasohoye itangazo rivuga ko...