Abagize Sena y’u Rwanda bari mu mwiherero w’iminsi itatu ugamije kwisuzuma ngo barebe uko buzuza inshingano zabo. Watangiye Taliki 27 ukazarangira Taliki 30 Nyakanga 2022. Ugamije...
Bimwe mu bibazo Komisiyo ya Sena y’u Rwanda iherutse gusanga mu mitangire ya Serivisi mu rwego rw’ubuzima, harimo ko hari ibitaro bitagira umuganga w’inzobere kandi byaragizwe...
Mu Ngoro Sena y’u Rwanda ikoreramo habereye inama yari igamije kureba uko serivisi z’imari zihabwa abaturage. Abanyarwanda baba mu mahanga bari bitabiriye iriya nama banengeye imbere...
Abayobozi mu Turere duherutse gusurwa n’Abasenateri ubwo bagenzuraga ibibazo biri mu Midugudu mu Rwanda, bababwiye ko imwe mu mpamvu ituma imidugudu ititabwaho ari uko nta mukozi...
Mu Nteko rusange ya Sena y’u Rwanda yaraye iteranye, Abasenateri banzuye ko Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente azaza kubasobanurira ingamba Leta yafashe ngo ibibazo basanze mu...