Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Rwanda: Inkende Zitaba Muri Pariki Zigiye Kuzakorerwa ‘Operation’
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Rwanda: Inkende Zitaba Muri Pariki Zigiye Kuzakorerwa ‘Operation’

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 November 2023 2:59 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisitiri w’ibidukikije Dr. Jeanne d’Arc Mujawamariya aherutse kubwira Abasenateri ko Guverinoma y’u Rwanda ifite gahunda yo gushakisha inkende aho ziri hose mu Rwanda zigafatwa zikajyanwa muri Pariki ya Nyungwe.

Asa n’utebya Dr Mujawamariya yabwiye Abasenateri ko bamwe muri bagenzi be baherutse kumusaba kubakiza inkende ze kuko batera amashu zikayarya kandi intero ya Leta ari ugufata neza uturima tw’igikoni.

Avuga ko Minisiteri ye iri gukorana na RDB ngo barebe uko iki kibazo cyakemurwa mu buryo burambye.

Ati: “ Ubu turi gukorana na RDB ngo turebe uko ziriya nkende twazigabanya zikajya muri Nyungwe.”

Icyakora yemera ko bitoroshye kuko ngo ari ‘operation ihambaye’.

Mu gufata ziriya nkende, Leta ngo izashyiraho hangari( ahantu hanini hasakaje shitingi) ishyiremo ibyo zikunda zikagumamo ntishobore gusohoka nyuma zikaza guterwa zigashyirwa mu modoka zikajyanwa muri pariki ya Nyungwe.

Inkende ariko zibamo amoko menshi.

Zikunze kugaragara mu bice byeramo ibito by’imbuto by’amoko atandukanye cyane cyane imineke n’amapera, mu Bugesera, mu bigo by’Abihayimana bifite imirima y’imbuto, ibigo by’ubushakashatsi mu buhinzi nka RICA, muri Kaminuza y’u Rwanda ishami rya Huye ahitwa Arboritum n’ahandi.

TAGGED:featuredInkendeMujawamariyaNyungwe
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abanyarwanda Bahawe Ubundi Buryo Bwo Kohererezanya Amafaranga N’Abari Mu Mahanga
Next Article Rwanda: 71% By’Ubutaka Bwateguriwe Kuhirwa Ntibwuhiwe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

You Might Also Like

Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?