Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Rwanda: Mu Kigega Cy’Ingoboka Cy’Ibiribwa Harimo Ngerere
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Mu Kigega Cy’Ingoboka Cy’Ibiribwa Harimo Ngerere

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 05 May 2024 1:55 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Komisiyo igenzura imikoreshereze y’imari n’umutungo by’igihugu ivuga ko yasanze mu kigega cy’ingoboka cy’ibiribwa harimo ngerere.

Ni ibiribwa bingana na 30% y’ibiribwa byose byagombye kuba birimo nk’uko Komisisiyo Ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo by’igihugu ibivuga.

Ibi ndetse no gukoresha nabi umutungo wa Leta binyuze mu mitangire y’amasoko idahwitse byatumye Abadepite batumiza Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi kugira ngo itange ibitangeho ibisobanuro.

Umunyamabanga uhoraho muri iyi Minisiteri witwa Kamana Olivier avuga ko COVID 19 yakomye mu nkokora ububiko bw’ikigega cy’ibiribwa cy’ingoboka, ibyari bikirimo bihabwa abaturage.

Icyakora ngo hari ingamba zo kubyongera.

Abadepite bagize PAC basabye Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi gukosora amakosa yagaragaye cyane cyane ashingiye ku mitangire y’amasoko.

Akenshi mu kigega cy’ingoboka cy’ibiribwa hahunikwamo ibinyampeke.

TAGGED:featuredIbinyampekeIkigega
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ingabo Z’u Rwanda N’Iza Mozambique Zongeye Guhiga Bukware Ibyihebe
Next Article Inzara Yugarije Afurika y’Uburasirazuba
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Sassou Nguesso Ari i Kinshasa Mu Bukwe Bw’Umukobwa Wa Tshisekedi

Abayobozi Bakuru Mu Ngabo Za Mozambique Bari Mu Rwanda

Nyaruguru: Bagiye Gusasa Inzobe Kucyatumye Abana Batsindwa

Rwanda: Ntibiramenyekana Uko Amakipe Azahura Muri Shampiyona Ya 2025/2026

Kabila Yasabiwe Urwo Gupfa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

Ushaka Kuyobora FERWAFA Afitiye Abasifuzi Gahunda Yo Kubahemba

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Ibibera Muri DRC Bitugiraho Ingaruka Mu Buryo Bwinshi- Amb. Ngoga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUmutekano

Gen Nkubito Yabwiye Abo Mu Burengerazuba Ko FDLR Idakwiye Kubahahamura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?